• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in Regional Politics
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ubukungu bw’igihugu cy’u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho n’ibura ry’amadivize, kandi ari nk’abyo moteri ry’iterambere ry’igihugu, gusa uyu mukuru w’iki gihugu we avuga ko biri kugenda neza.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Mbere y’uko Ndayishimiye ajya ku butegetsi mu mwaka wa 2019, umusaruro mbumbe w’u Burundi wari uhagaze kuri miliyari 2,58 z’amadolari y’Amerika nk’uko imibari ya banki y’isi ibyerekana. Icyo gihe, impuzandengo y’amafaranga Umurundi yinjizaga ku mwaka yari amadolari 210.

Mu mwaka wa 2020 ni bwo rero Ndayishimiye yagiye ku butegetsi, asimbuye Peter Nkurunziza wapfuye muri icyo gihe, ubukungu bw’iki gihugu bwazamutseho gato, bugera kuri miliyari 2,65 z’amadolari.

Mu 2021, na bwo ubukungu bw’iki gihugu bwabaye nkubuteraho imbere, bugera ku musaruro mbumbe wa miliyari 2,78 z’amadolari, mu mwaka wa kurikiyeho bwarushijeho kwiyongera kuko bwageze kuri miliyari 3,34 z’amadolari ubwo imiryango mpuzamahanga yabukuriragaho ibihano yabufatiye.

Icyo gihe Abarundi batangiye kwizera Ndayishimiye ko agiye gukora amateka mu gihugu cyabo, ariko icyizere nticyamaze kabiri, maze ubukungu bw’iki gihugu bwongera kurindimuka mu 2023, bugera kuri miliyari 2,63 z’amadolari.

Mu 2024, Banki y’isi yerekana ko ubukungu bw’iki gihugu cy’u Burundi yageze ahantu habi cyane, aho butigeze kugera kuva iki gihugu cyabona ubwingenge, kuko umusaruro mbumbe wabwo wageze kuri miliyari 2,16 z’amadolari. Amafaranga Umurundi yinjiza na yo yaragabanutse, agera ku madolari 153,9 ku mwaka.

Ariko Ndayishimiye we yemeza ko Abarundi barya bagahaga, mu gihe imibare yo igaragaza impuzandengo y’amafaranga Umurundi yinjiza mu mwaka ushize ijya kungana n’iyo mu mwaka wa 2005, kuko ubwo na bwo yinjizaga 147, icyo gihe iki gihugu cyari kivuye mu gihe cy’intambara.

Ibihano by’ubukungu u Burundi bwari bwarafatiwe biturutse ku ihohoterwa ry’ikiremwamuntu mu gihe cy’umwuka mubi wa Politiki watutumbaga mu 2015 byakuweho, ubwo iki gihugu kiri kujyahe?

Hari ikibazo cy’ibura ry’amadivize n’ibikomoka kuri peteroli ndetse n’izamuka ry’ibiciro gikomeje kuba ingutu mu Burundi, kandi nta kimenyetso kigaragaza ko kizakemuka vuba, ni mu gihe abayobozi bo muri iki gihugu iyo babajijwe uko kizakemuka basubiza basa n’abatabizi.

Ahanini basubiza ko ubukungu bw’iki gihugu cyabo buzazamuka mu gihe bazaba batangiye ibikorwa byo kohereza amabuye y’agaciro mu mahanga na za avoka, ngo ni byo bizatuma amadovize aboneka, mazutu na lisansi na byo biboneke ku bwinshi.

Tags: BurundiUbukungu

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b'ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?