• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mugihe kubara amajwi y’Amatora muri RDC, birimo gukorwa, Uvira, ho haravugwa umutekano muke.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku bara amajwi ku ma Site amwe namwe bya tangiye ku menyekana, ahanini amajwi amaze kuja hanze nayavuye mu bihugu birihanze ya Congo Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abanyekongo baherereye mu gihugu cy’ Afrika y’Epfo, bamaze gushirahanze amajwi ya za site zibiri i ya C na D:

Abatoye kur’izi Site Bangana n’Abantu 275.

Kuri Site ya C, dusanga Perezida Félix Tshisekedi, afite amajwi angana na 214, Katumbi 41, Fayulu 5, Mukwege 7, Anzuluni 4, Mutamba 1, Diongo 1, Ngalasi 1 naho Muzito Ijwi rimwe.

Kuri Site ya B: Félix Tshisekedi, afite 234, Katumbi 42, Mukwege 2, Fayulu 2, Mutamba 1 Naho Ngalasi, afite 1.

Mu gihugu cya Canada, hatoye abantu bangana na 303, Félix Tshisekedi, yatowe ku majwi 217(72%), Moïse Katumbi 54(18%), Denis Mukwege 10(3%), Noel Tshiani 2(amajwi abiri), Adolph Muzito 1( Ijwi rimwe), Nkema Lilo 1(Ijwi rimwe).

Andi Makuru tumaze kwakira ava mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mugace ka Rurambo, bomuri teritware ya Uvira, n’uko Moïse Katumbi, ariwe watambukanye amajwi menshi aho bavuze ko yatambukanye 87%. Naho muri teritware ya i Djwi, site zibiri zaho Félix Tshisekedi, niwe wabanye amajwi menshi.

Mugihe bakirimo ba bara amajwi, Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, havuzwe umutekano muke n’imugihe ahagana isaha zasaa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki humvikanye urusaku rw’imbunda akanya gato. Ikindi n’uko i b’Uvira hageze ingabo ninshi zivuye mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ikibazanye ki kaba kitaramenyekana gusa birakekwa ko boba bagiye gutaha mu gihugu cyabo i Burundi. Ingabo z’u Burundi, zimaze igihe kingana n’imyaka ikabakaba itatu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: CENIKubara amajwi y'Amatora muri RDCUvira haravugwa umutekano muke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umunyekongo, Patient Sayiba Tambwe, yavuze ko Amatora, yateguwe mu buryo "bw'inkinamico."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?