• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Major Gen Aphaxard Kiugu, n’itsinda ry’Ingabo barikumwe bamaze kwa kirwa i Nairobi, bava mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
December 21, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itsinda ry’Abayobozi bo mu ngabo z’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), bo mu gihugu ca Repubulika ya Kenya, abanyuma bamaze kuva mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, n’ibwo abasirikare banyuma bagwiriyemo Abayobozi bahagurutse ku k’ibuga cy’Indege, i Goma, ku murwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, berekeza i Nairobi, mu gihugu cya Kenya.

n’Abayobozi barimo na Major Gen Aphaxard Kiugu, wari usanzwe akuriye Ingabo za EACRF. Amakuru dufite n’uko uyu muyobozi we amaze guhabwa i kaze mugace ka Embakasi Garrison i Nairobi muri Kenya.

Tariki 13/12/2023, Major Gen Aphaxard Kiugu, ari ku cicyaro gikuru cy’Ingabo za EACRF, giherereye i Goma, yakoresheje i Nama, yari igamije kwerekana ibyo ziriya Ngabo yari ayoboye zagezeho. Mu byo yavuze harimo ko “bagerageje guhagarika imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.”

Yanavuze ko “bakoze uko bashoboye kose kugira bagarure amahoro ko kandi ibi ba bikoze bafatanije n’Igisirikare cya leta ya Kinshasa.”

Kuri ubu akaba ari ntangabo za EACRF, zikibarizwa mu Burasirazuba bwa RDC. Abasirikare ba Uganda bo bamaze iminsi itandatu(6), bitangajwe ko bamaze kuva k’ubutaka bwa RDC.

Ingabo z’Afrika y’iburasirazuba, zari zimaze igihe kingana n’umwaka umwe bari mu Burasirazuba bwa RDC, mu rwego rwo kugira ngo bagarure amahoro muri iki gihugu.

Bruce Bahanda.

Tags: Ava mu Burasirazuba bwa RDCEACRFKenyaMajor Gen Aphaxard KiuguYakiriwe i Nairobi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umuntu umwe niwe wapfuye abandi icyumi n'umwe, barakomereka i Bunia, mu Ntara ya Ituri, mu matora y'ejo hashize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?