Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, arashinja ihuriro ry’Ingabo za RDC , kubagabaho ibitero mu gihe bari mu masezerano ya gahenge(Cease-fira).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yashinje Igisirikare cy’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kubashoraho intambara mugihe bari mugihe cya gahenge(cease-fire), bategetswe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Mu mpera z’iki Cyumweru dusoje ahagana k’u wa Gatatu, tariki 13/12/2023, n’ibwo impande zihanganye zasabwe kuja mu gahenge kiminsi 14, nyuma y’uko bari bavuye mu kandi gahenge kiminsi itatu (3), nako kari kasabwe n’ubutegetsi bwa perezida Joe Biden.

Nk’uko Berterand Bisimwa wa M23, yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki 22/12/2023, yagize ati: “Kuva ejo tariki ya 21/12/2023, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bagabye ibitero ahari ibirindiro bya ARC/M23, mu bice byo muri teritware ya Masisi.”

“Mu buryo bugaragara ziriya Ngabo za RDC, ziragaragaza ko bashaka gukaza umurego kuko bongeye kutugabaho ibitero uyu munsi.”

Yakomeje avuga ati: “Kwinjira mu ntambara kw’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, barashaka kuburiza uburyo Amatora yarimo agana kumusozo.”

Berterand Bisimwa, yasoje avuga ati: “ARC/M23, iraburira ko iza gukomeza kw’irwanaho kinyamwuga kugira ngo irengere abaturage n’imitungo yabo.”

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha Isoko yacu, ahamya ko umutwe wa M23, wafashe uduce twabereyemo imirwano aritwo twa Kinduzi na Gatama, muri Grupema ya Matanda, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru akomeza avuga ko M23 kuri ubu inagenzura utundi duce tubiri turi mu nkengero za Rubaya, turi muri Grupema ya Bashali, ni uduce bivugwa ko twabereyemo imirwano kumunsi w’ejo hashize, tariki 21/12/2023.

Bruce Bahanda.

Tags: AgahengeIbiteroIrashinja ihuriro ry'Ingabo za RDCM23Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Abanyapolitike bo muri RDC, basabwe kuganira mugihe amazi atararenga inkombe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?