• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe imirwano y’umvikanye mo imbunda ziremereye, muri Masisi, hagati aho ihuriro ry’Ingabo za RDC, zirashinjwa kurenga ku masezerano.

minebwenews by minebwenews
December 24, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23, urashinja ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, kutubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

M23, ibinyujije mu muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yamenyesheje amahanga n’Imiryango y’imbere mu gihugu cya RDC, ko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zongeye kugaba ibitero muri iki Gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 24/12/2023, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Mu nyandiko Lawrence Kanyuka, yashize hanze akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Turamenyesha Isi yose ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, zongeye kurenga ku masezerano yo guhagarika intambara (Cease fire). Guhera isaha za saa Kenda z’igitondo cyakare abarimo FDLR, FARDC, Abacanshuro, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, batugabyeho ibitero bongera ku bigaba ahatuwe n’abaturage benshi.”

“Ibitero ba bikoze bakoresheje imbunda ziremereye n’izito ndetse bakoresheje n’Indege zitagira abapilote.”

Yasoje avuga ati: “M23 yo ikomeje kwifata kugira ngo y’ubahirize amasezerano ariko turakomeza gukora ibishoboka kugira ngo turinde abasevile bataja kugwa makaga.”

Ibi bibaye mugihe k’u wa Gatanu, tariki 22/12/2023, ririya huriro ry’Ingabo za RDC, bari bongeye gushinjwa kurenga ku masezerano ya gahenge ko guhagarika imirwano mu minsi icyumi nine (14), iriya mirwano yo k’uwa Gatanu, mu Cyumweru gishize, byavuzwe ko yarikaze n’imugihe yasize M23 y’igaruriye Localite zirenga zitandatu zibarizwa muri Grupema ya Bashali, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Havuzwe imirwano y'umvikanye mo imbunda ziremereyeIhuriro ry'Ingabo za RDC zirashinjwa kurenga ku masezeranoMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Inama idasanzwe y'Abepesikopi muri RDC, yamaganye icyemezo giheruka gufatwa n'umushumba mukuru w'idini Kiliziya Katolika, kw'Isi, Papa Francis.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?