Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amagambo uwahoze ari minisitiri w’iterambere, Justin Bitakwira, yavuze ku Cyumweru, ari mu byatumye ahamagazwa i Kinshasa, huti huti.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 28, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Justin Bitakwira Bihona, wahoze ari minisitiri w’iterambere, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagajwe n’u butabera i Kinshasa, kuja kwisobanura ku magambo akumeje gukoresha y’uzuye ubugome n’urwango rushingiye ku moko.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

N’inyuma ya magambo yavuze ku Cyumweru tariki 24/12/2023, ubwo yari yateranye mw’itorero rya 8’eme CEPAC, riherereye Uvira, muri Kivu y’Epfo.

Nk’uko bya vuzwe Bitakwira, amaze guhabwa ijambo kuri uwo munsi y’ibasiriye cyane Abanyamulenge n’abo mu bwoko bw’Abashi.

Yagize ati: “Umwanzi dufite wa mbere n’i Umututsi aribo biyita Abanyamulenge, ariko turimo gukora ibishoboka byose turangize ibyabo.”

“Abanyamulenge, ni ubwoko bubi kandi bw’asatani. Ni inzoka, inzoka iyo ikwinjiranye munzu, wewe utayishe yo irakwica.”

Aha niho yanavuze ko Abanyamulenge ar’inshuti za bo mu bwoko bw’Abashi.

Ati: “Abashi ntibagomba kwizerwa bagirana u mubano mwiza n’inzoka.”

Bitakwira, yasoje y’ibasiriye na perezida wa Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, aho yagize ati: “Kimweho icyo no babwira Tshisekedi, akija ku ngoma[Ubutegetsi], yari mu buyobe, iyo ataza ku numvira kuri ubu Abanyamulenge baba baramuriye. Naramubwiye ngo Abanyamulenge nu komeza ku biyigereza bazakotsa bakurye.”

Yasoje avuga ati: “Namwe mura bibona ko perezida Félix Tshisekedi, ya nunviye! Ari nabyo mu bona ko akomeje kwakira Maï Maï, ubu nibo bari kwiberi rya perezida Félix Tshisekedi.”

Ibi biri mu bya tumye Justin Bitakwira Bihona, ahamagazwa i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’igihugu ca RDC, aho yahamagajwe na minisiteri ishinzwe ubutabera muri leta ya Kinshasa.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha bamwe bakora munzego za leta, bahamije ko Bitakwira, y’urijwe indege ava muri Kivu y’Amajy’epfo, huti huti aja Kinshasa, muntangiriro z’iki Cyumweru turimo. Akaba arindiriye ko azafungwa cyangwa ibyo ashinjwa bigateshwa agaciro.

Bitakwira, aheruka kwitaba Urukiko azira amagambo y’urwango ahagana mu kwezi kwa Karindwi (7), uyu mwaka w’2023.

Mu rwandiko prokilele (Procureur), Mukuru w’igihugu ca RDC, yanditse kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, yakanguriye aba Polisi bakuru bakora mu butabera no mu rwego rw’umutekano, kutagira ibikorwa bitabira ahanini bigamije amacyakubiri ashingiye ku moko.

Mw’itangazo yashize hanze, ririmo ibi: “Mwirinde ibikorwa byose bigamije kuzana urwango n’u mutekano muke mu gihugu. Ahanini Mwirinde urwango rushingiye no ku moko.”

Bruce Bahanda.

Tags: i KinshasaJustin Bitakwira BihonaYahamagajwe n'urukiko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Ibikorwa bya Corneille Nangaa, harimo n'urugo rwe, i Kinshasa, byaraye by'ibasiriwe n'igisirikare ca RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?