• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I bihugu by’ibituranyi n’ibihugu bikomeye ntibyashimiye perezida Félix Tshisekedi, kuba ye gukana intsinzi usibye u Burundi na Tanzania.

minebwenews by minebwenews
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu by’ibituranyi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kugeza ubu ntibirashimira perezida Félix Tshisekedi, waraye yegukanye intsinzi y’amatora y’u mukuru w’igihugu yabaye kw’itariki 20/12/2023, usibye perezida w’u Burundi n’u wa Tanzania.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Perezida Félix Tshisekedi, kumunsi w’ejo hashize tariki 31/12/2023, n’ibwo Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ( CENI), yatangaje k’u mugaragaro amajwi y’agateganyo Tshisekedi atsindana amajwi 73,34%, Katumbi Moïse, yaje k’u mwanya wa kabiri n’amajwi 18%.

Aba perezida batatu 3, nibo bamaze kwerekana ibyishimo by’intsinzi ya perezida Félix Tshisekedi, barimo perezida wa Tanzania, Samia Suluhu, wagize ati: “Umutima wacyu wishimiye ko perezida Félix Tshisekedi, yongeye gutorerwa kuyobora igihugu ca RDC. Nzakomeza guharanira gukorana by’ahafi na RDC ndetse no mukarere kose.”

Uwafashe umwanya wambere gushimira Tshisekedi ni perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aho yahise agira ati: “Ndashimira byimazeyo umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, kuba yongeye gutsindira Manda ya Kabiri. Ndizera neza ko igisubizo ku mahoro arambye kigiye kuboneka muricyo gihugu.”

Ibi kandi byagaragajwe na perezida Azili Assoumani, wo mu gihugu ca Comores, agasubira kandi akaba ariwe uyoboye umuryango w’Afrika yunze Ubumwe(AU).

Yagize ati: “Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora muri RDC (CENI), yatangaje k’u mugaragaro amajwi y’agateganyo, batangaza ko perezida Félix Tshisekedi, ariwe wegukanye intsinzi, k’u majwi 73%. Nishimiye intsinzi ye kandi ndamushimiye.”

Nk’uko byahoraga ibihugu bikomeye nibyoroheje byashimira perezida wa buri gihugu kuba yatsinze amatora ariko kuri Tshisekedi siko byagenze yashimiwe n’aba perezida batatu gusa, mugihe nka Kenya, u Rwanda na Uganda ndetse na Zambi n’ibindi nti byigeze bigaragaza ibyishimo by’intsinzi ya perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: Intsinzi ye ntiyishimiwe n'ibihugu by'i buturanyiPerezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi, zirenga 1000, zahamijwe kwinjira rwihishwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?