Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Colonel Gereyadi, wo mu Ngabo za FARDC, uvuka mu Banyamulenge,yafunzwe i Kinshasa, afunganwa n’abandi benshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, uvuka mu bwoko bwa Banyamulenge, yafunzwe i Kinshasa, Colonel Gereyadi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bya vuzwe n’uko Colonel Gereyadi, yafunganwe n’abandi basirikare benshi bataramenyekana amazina, hakaba hafunzwe n’u Munyamulengekazi, witwa Esper, ukora akazi k’u bucuruzi.

Ayamakuru avuga ko Colonel Gereyadi, n’abo bafunganwe bafatiwe mw’ikambi y’igisikare ca FARDC, izwi kw’izina rya Kokolo, ikaba iherereye muri Kinshasa, k’u murwa mukuru w’igihugu ca RDC.

Amakuru MCN, dukesha bamwe mu basirikare b’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bagize bati: “Colonel Gereyadi, n’abagenzi be, bafashwe igihe c’isaha za saa munani 2h, z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/12/2023, bafatirwa muri Camp ya Gisirikare ya Kokolo.”

Yakomeje avuga ati: “Gereyadi, y’aba azize ubwoko bwe. Gusa ik’i by’i hishe inyuma nti kiramenyekana, k’uko yafunganwe n’Abasirikare ba Katanyama. Ikindi kandi, Esper, ukora akazi k’u bu curuzi, akaba acyururiza mu gihugu cya Congo-Brazzaville, na Congo-Kinshasa, nawe bafunganwe.”

Amakuru yizewe avuga ko bariya basirikare, n’u mudamu w’u Munyamulenge, Esper, ba fungiwe mw’iperereza rya Gisirikare r’izwi nka “Demiap,” iherereye mu Mujyi wa Kinshasa.

Kugeza ubu ntacyo umuvugizi w’igisirikare cya RDC, arabitangazaho.

Bruce Bahanda.

Tags: Afunganwa n'abandi benshiColonel GereyadiEsperKokoloUvuka mu BanyamulengeWo mu Ngabo za FARDCYafunzwe i Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Uhagarariye komisiyo y'igenga ishinzwe gutegura Amatora, muri RDC, yatangaje ko abakandida bakoresheje ruswa kugira batsinde Amatora bagiye guhanwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?