• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya Colonel Toronto, uwariwe, watangarije Abanyamulenge, bo mu Bibogobogo, amahoro.

minebwenews by minebwenews
January 4, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umzalendo Colonel Toronto, wigambye kwica Abanyamulenge, akaba yarongeye kubatangariza amahoro, k’u wa Gatatu, tariki 03/01/2024.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40, y’amavuko, yavukiye ahitwa ka Kombo, muri Localité Kagugu, mu misozi ya Bibogobogo, homuri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Toronto, ni mwene Rajabu, uvuka mu bwoko bw’Ababembe, papa we, yitwa Rajabu, akaba n’umushumba(pastor), mw’itorero rya 8ème CEPAC, ku Kagugu.

Toronto, afite bene se, batandatu(6), aribo: Shimita, Lengalenga, Rajabu na Colonel Ngoga Raymond, wapfiriye mu mirwano ku Gatongo, ubwo bari bahanganye na Twirwaneho ya Colonel Rukunda Michel Makanika. Umuhererezi mwa ba Toronto, yitwa Lobunga.

Umwe mu baturage bo muri Bibogobogo, waturanye nabo kwa ba Colonel Toronto, yabwiye Minembwe Capital News, ko Toronto, yakuze akora akazi ko kwimba inzahabu(inoro), yazimbaga mu bice byo muri grupema ya Mutambara, ahanini k’uruzi runini rwa Mutambara n’ahandi.

Mu bindi twa bwiwe Toronto, yakoze cane yakinaga umupira w’amaguru.

K’u wa Gatatu, n’ibwo yakoranye ibiganiro n’Abanyamulenge, baturiye Bibogobogo, abatangariza amahoro.

N’ikiganiro yakoze akoresheje umuvugizi we, William Wilondja.

Yagize ati: “Twibagirwe ibya tambutse duharanire amahoro. Murabizi ko nishe Abanyamulenge benshi barimo umudamu Nyamasoso, wiciwe i Baraka, ariko igihe niki ngo duharanire kubana mu mahoro.”

Yunzemo kandi ati: “Njye kubashakira amahoro, abahoraga biba Inka z’Abanyamulenge, tuzabarwanya , turashaka amahoro n’umubano mwiza hagati y’Abanyamulenge n’Ababembe.”

Kuri ubu Colonel Toronto, niwe ureba Wazalendo, bose, baherereye muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Toronto y’injiye iki Maï Maï, ahagana mu mwaka w’2013, y’injiriye mu bice byo muri grupema ya Mutambara.

Tu bibutsa ko Maï Maï, ar’iyo yaje guhinduka Wazalendo, ku bw’itegeko rya perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: amahoroMenya Colonel Toronto uwariweWatangaje Abanyamulenge bo mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post

Ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, zirashinjwa kwica abasivile i Bukombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?