• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari umuyobozi wa ANR, mu Minembwe, Serugaba Sosistene, yafunganwe n’u mudamu we.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gikorera mu misozi miremire y’Imulenge, mugace ka Minembwe, cya hagaritse umuyobozi mukuru wa ANR(L’Agence national de reinseignements), mu Minembwe Serugaba Sostene.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bya vuzwe ko Serugaba Sostene, umuyobozi wa ANR, mu Minembwe, yafunganwe n’u mudamu we uzwi kw’izina rya Toto. Nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga n’uko Sostene, yafashwe ahagana isaha z’igicamunsi, akaba yazize ngo kuba azagurisha amasasu mu baturage B’irwanaho, akaba ari bya vuzwe n’Abasirikare ba mufashe.

Ay’amakuru yemejwe n’abaturage baturiye Komine Minembwe, aho babwiye Minembwe Capital News, ati: “Mu Minembwe, twari amahoro, ndetse n’Isoko ya Gatanu, yari yaremye neza. Ariko bije kugera isaha z’igicamunsi, abasirikare bisuka mu Gatanu bafata Sosistene n’u mudamu we Toto.”

Yunzemo kandi ati: “Rwose, hano mu Minembwe, umutekano wahise uhinduka.”

Ay’amakuru akomeza avuga ko Sosistene Serugaba, wari umuyobozi mukuru wa ANR, ko ashobora koherezwa i Kinshasa, gufungirwayo, nk’uko byagiye bigendekera abandi bashinjwe ibyo byaha.

Sostene Serugaba, ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 54, avuka mu bwoko bw’Abanyamulenge, baturiye Komine Minembwe, akaba yarahawe kuyobora ANR, ahagana mu mwaka w’2007 kugeza ubu yari akiyoboye.

Bruce Bahanda.

Tags: ANR mu MinembweSerugaba Sosistene yafunganwe n'u mudamu weToto
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, wongeye gushinja ubutegetsi bwa Kinshasa, kwica abaturage bakoresheje ibisasu bya drone.

Comments 1

  1. Frank says:
    2 years ago

    Tuzarengana kugeza ryari turakira abo turimo ibyo bavuga ntashingiro bifite nonese niwe ushinzwe depot yibyo bamushinja ahuriyehe namasasu atarumusirikare
    Niba aribyo kuki badafata uwayamuhaye bongo mtupu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?