Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ikiganiro umukozi w’Imana Christophe Sebagabo, aheruka gukora cyateje impaka ku mbuga nkoranya mbaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 9, 2024
in Religion
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikiganiro giheruka gutambuka kur’imwe mu ma Channel ya YouTube, mu Rwanda, izwi nka “C Magic,” gikozwe na Apostle Christophe Sebagabo, cya kuruye impaka ku mbuga nkoranya mbaga ahanini ku mbuga za Whatsapp na Facebook.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Nk’uko bya vuzwe, iki kiganiro umukozi w’Imana Christophe Sebagabo, yagikoze nyuma y’uko mu mpera z’u mwaka w’2023, yahawe inshingano zokuba Apostle, aho mu muhango wo kuzimuha na Apostle Paul Gitwaza ya wubayemo.

Bityo rero amagambo yazanye impaka nayo Apostle Christophe Sebagabo, yakoranye n’u munyamaku wa C Magic, umunyamakuru yagize ati, twi bwire urinde? Apostle Christophe Sebagabo, agira ati: “Ndi Apostle Christophe Sebagabo, ndi umunyarwanda wa vukiye muri Congo, nfite imyaka 37 y’amavuko. Ndi umugabo ndubatse, nfite umudamu n’abana batatu(3). Nkunda Imana cyane.”

Umushumba Christophe Sebagabo, yanahamije ko we yavukiye mugace kitwa ku “Kabara,” ha herereye mu bilometre 45 na Komine Minembwe, ho mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ikindi cyateje Impaka ubwo Apostle Christophe Sebagabo, yarimo yiyegereza Abakirisitu bo mw’itorero abereye umuyobozi yagize ati: “Uriya mugabo uhagaze inyuma ni data wacu yatubereye umushumba, mbere y’uko dutaha tuza iwacu mu Randa.”

Ibi abenshi nti ba byemeranya ho. Bwana Christian Byuzuye, akoresheje urubuga rwa Whatsapp, yagize ati: “Rwose, abegereye Apostle Christophe Sebagabo, ba mu bwire ko atari umupatriote. Imana ya vuganiye na basogokuruza kur’iriya misozi miremire y’Imulenge, iba bwira ko Imulenge ari iwabo wa Banyamulenge.”

Christian Byuzuye, yakomeje agira ati: “Abanyamulenge barwariye Amerika n’abarwariye Kenya, bose bavuga ko iwabo ari i Mulenge.”

“Ubwo rero iyo niyo twita patriotism, umurage wab’Anyamulenge, byaba bikonjye cyangwa bishushye tugomba gukunda iwacyu i Mulenge.”

Naho uwitwa MCk Joshua, akoresheje urubuga rwa Facebook, yagize ati: “Apostle Christophe Sebagabo, ni umunyekongo wakiriye ubwenegihugu c’u Rwanda; bivuze ko atinjiye iwe, ahubwo yarimutse ibyo bita [kubunga].”

Abadashigikira ibyo Apostle Christophe Sebagabo, yavuze bavuga ko yari kuvuga ko ari Umunyamulenge.

Apostle Christophe Sebagabo, ayoboye Cavalry Wide Fellowship Minisitiries, i Kigali, mu Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: ApostleCalvaryIkiganiro umukozi w'Imana Christophe Sebagabo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yashimiye abaturage ba Kashobwe, ba mugobotse nyuma y'uko atewe iwe murugo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?