• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

minebwenews by minebwenews
August 24, 2025
in Religion
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

You might also like

Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne

ECC Yasabye Abanyekongo Gushyira Imbere Ibiganiro Byuzuye Mbere y’Impinduka z’Itegeko Nshinga

RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo yakoraga igitangaza inyanja igatuza, nyuma y’aho umuhengeri wari wabaye mwinshi.

Ubu bwato bwavumbuwe mu 1986, muri iyi minsi abaribwo bashaka kwemeza ko aribwo Yesu yagendeyemo.

Bavuga ko buriya bwato bwakoreshwaga mu kuroba muri icyo gihe, bukaba buhuye n’ibyo Bibiriya yigisha, kandi hafi yaho basanze amatara, n’amasafuriya bivuze ko ubwo bwato bwari mu rugendo rw’ijoro.

Impuguke mu bijyanye no gushaka ibisigaratongo, Danny Herman, yasobanuye ko ubu bwato buhuzwa n’ibyo Bibiriya ivuga ku gitangaza Yesu yakoze kunyanja ya Galileya ubwo yarikumwe n’abigishwa be 12.

Ubu bwato bwavumbuwe mu majyaruguru ya Israel, ubwo imvura yamaraga igihe kirekire itagwa muri icyo gice, ibyanatumye iyi nyanja ikama kuburyo ibyari munsi mu mazi bigaragara.

Ariko nubwo hari byinshi bihuza ubu bwato n’ibyanditswe muri Bibiriya, abashakashatsi bavuga ko batahita bemeza ko aribwo bwato Yesu yagezemo, ngo kandi icyo gihe hari ubwato burenga 600.

Tags: InyanjaUbwatoYagendeyemoYesu
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne

Papa Léon XIV yakiriwe n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone mu rugendo rwe rwa mbere rukomeye muri Espagne Papa Léon XIV yakiriwe mu byishimo n’imbaga y’abakirisitu i Barcelone, nyuma yo...

Read moreDetails

ECC Yasabye Abanyekongo Gushyira Imbere Ibiganiro Byuzuye Mbere y’Impinduka z’Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

ECC Yasabye Abanyekongo Gushyira Imbere Ibiganiro Byuzuye Mbere y’Impinduka z’Itegeko Nshinga Itorero rya Kristo muri Congo (Église du Christ au Congo – ECC) ryatangaje ko inzira ikwiye kandi...

Read moreDetails

RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 1, 2026
0
RDC: Amatorero y’Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga

RDC: Amatorero y'Ububyuke Yasesekaye mu Mushinga wa Tshisekedi wo Kuvugurura Itegeko Nshinga Mu gihe impaka zikomeje kwiyongera ku mushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga rya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa, Ubuzima Bwazo Bwarahindutse, Itorero Ritangira Kugira Imbaraga Zidasanzwe — Inyigisho zatanzwe na Sibomana

by Bahanda Bruce
May 24, 2026
0
Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa, Ubuzima Bwazo Bwarahindutse, Itorero Ritangira Kugira Imbaraga Zidasanzwe — Inyigisho zatanzwe na Sibomana

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa, Ubuzima Bwazo Bwarahindutse, Itorero Ritangira Kugira Imbaraga Zidasanzwe — Inyigisho zatanzwe na Sibomana Mu mateka y’Ubukirisitu, umunsi wa Pentecost ufatwa nk’umwe mu...

Read moreDetails

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa: Uko Pentekote Yahinduye Amateka y’Ubukirisitu n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
May 24, 2026
0
Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa: Uko Pentekote Yahinduye Amateka y’Ubukirisitu n’Isi Yose

Nyuma y’aho Umwuka Wera Amanukiye Intumwa: Uko Pentekote Yahinduye Amateka y’Ubukirisitu n’Isi Yose Pentekote ni umwe mu minsi ikomeye kandi w’amateka adasanzwe mu Bukirisitu, kuko ari wo munsi...

Read moreDetails
Next Post
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?