• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yafashe ingingo zikarishye ku banyamahanga baturiye icyo gihugu c’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko leta ya Evariste Ndayishimiye, ifunze imipaka yose ihuza igihugu c’u Burundi n’u Rwanda, minisiteri ishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu c’u Burundi, yatangaje ko mu gihugu hagiye gusuzumwa Abanyamahanga batuye muricyo gihugu badakurikije amategeko bafatirwe imyanzuro mishya basubizwe iyo baje bava.

You might also like

Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Nk’uko bya vuzwe ibyo byatangajwe na Minisitiri Maritino Niteretse, ushinzwe umutekano n’iterambere mu gihugu, ni mukiganiro yagiranye n’abaturage baturiye i Ntara ya Kayanza, kuri uyu wa 11/01/2024.

Minisitiri yagize ati: “N’u murundi ategerezwa gusuzumwa hakarebwa ibimuranga, hakamenywa impamvu umuntu yava mu Ntara asanzwe abamwo akaja muyindi.Ntushobora kuva mu Cibitoke ukaja mu Ntara kanaka, ukavayo ukaja mu yindi ntumenyeshe impamvu ujayo.”

Minisitiri Niteretse Maritino, yakomeje avuga ko abanyamahanga baba mu Burundi bagomba kumenyekana ko kandi ibyabo bigomba kuza bimenyekana umunsi kumunsi.

Ati:”Abanyamahanga ba ba mu gihugu imbere bakwiye kumenyekana ibyo bikwiye kuza bitangwa kubashinzwe umutekano umunsi kumunsi.”

Mu ijoro ryakeye leta y’u Rwanda, yasohoye itangazo imenyesha ko icyemezo u Burundi bwa fashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi itanejeje ko kandi ibangamiye ibikorwa by’u bucuruzi.

Leta y’u Burundi, yafashe iyo myanzuro mugihe Perezida Evariste Ndayishimiye, aheruka gutangaza ko i Gihugu c’u Rwanda gicumbikiye Red Tabara ko kandi gifasha uwo mutwe, urwanya ubutegetsi bw’i Gihugu cye.

Bruce Bahanda.

Tags: K'u banyamahanga baturiye icyo gihuguLeta y'u Burundi yafashe ingingo zikarishye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

Perezida Kagame yavuze kuby'ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko nubwo ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryagerageje kugarura amahoro...

Read moreDetails

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

U Burundi bwongeye kuvuga iby'umubano warwo n'u Rwanda burutega n'iminsi. Reverien Ndikuriyo, umunyamabanga mukuru w'i shyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD-FDD, yatangaje ko u Burundi butazabana...

Read moreDetails

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa. Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura,...

Read moreDetails

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails
Next Post

Abarimo n'Abasirikare baregwa icyaha cyo gutera inkunga u mutwe wa, bakatiwe igihano cyo gufungwa abandi bagirwa abere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?