Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwa humurije Abarundi bari k’u butaka bw’igihugu c’u Rwanda ko kandi bo batakora ibyo Bujumbura yakoze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Rwanda yavuze ko yo idashobora gufata icyemezo nk’icyo u Burundi bwafashe cyo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

K’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, n’ibwo leta y’u Burundi yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi. Icyogihe minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu c’u Burundi Martin Niteretse, yahise atangaza ko nta muntu wemerewe gukoresha inzira yo k’ubutaka ya mbukiranya ibihugu byombi.

Martin, yashimangiye ko badashaka ko Abanyarwanda iki cyemezo cyasanze bakiri mu Burundi bagomba gutaha.

Nyuma y’ubu gato leta ya Kigali yasohoye itangazo rimenyesha ko ibabajwe nibyo u Burundi bwa fashe byo gukinga imipaka ko kandi binyuranye n’amategeko agenga imigenderanire n’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC).

Umuvugizi wa Guverinema ya Kigali Alain Mukuralinda yavuze ko Abanywanda bakiri k’u butaka bw’u Burundi bagomba kwitabwaho na leta y’u Burundi.

Yagize ati: “Ugomba gukora ibishoboka byose umutekano w’Abanyarwanda udashaka ku butaka bwawe uka w’ubahiriza kugeza igihe bazinjirira mu gihugu cyabo.”

Mukuralinda yashimangiye ko u Rwanda icyo rwa kora ari u kwakira Abanyarwanda birukanwe mu gihugu c’u Burundi mu gihe baba bageze k’u mipaka.

Yagize ati: “Ariko nta bwo ari u Rwanda rwavuga ngo rugiye kwinjira mu Burundi rugiye kubazana, nkekereka u Burundi bubitangiye uburenganzira.”

Yakomeje avuga ko u Rwanda rutarabona Abanyarwanda birukanwe mu Burundi ngo n’ubwo bikomeje kuvugwa mu makuru.

Ati: “Nta Banyarwanda turabona birukanwe mu Burundi. Hari abari bariyo batuyeyo , hari n’abari mu bucuruzi byenda nabigayo.”

Umuvugizi wa Guverinema y’u Rwanda yahumurije Abarundi batuye mu gihugu c’u Rwanda ko ntacyo bazaba , ati: “Rwose Abarundi batuye mu gihugu c’u Rwanda baryame basinzire ntacyo bazaba bakore ibyo bagomba gukora ntacyo bikanga kubera ingingo leta y’u Burundi yafashe yo gufunga imipaka.”

Gusa Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Guverinema y’u Burundi, Albert Shingiro mu Nama yakoranye n’Inteko Nshinga mategeko y’u Burundi, yavuze ko igihugu cye cyafunze imipaka yo k’ubutaka gusa ariko iy’ikirere ifunguye kuri buri wese. Iy’i Nama yabaye ejo hashize k’u wa Gatanu.

Bruce Bahanda.

Tags: AbarundiBahumurikeU Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Lt Gen, yakanguriye Abanyekongo ku mwa amaraso y'abo yise Abanyarwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?