• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya Lt Gen, yakanguriye Abanyekongo ku mwa amaraso y’abo yise Abanyarwanda

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wo ku Gatandatu, tariki ya 13/01/2024, herekanwe video y’umusirikare mukuru wo mungabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, wambaye ipeti rya Lt Gen, akangurira Abaturage ba RDC guhaguruka ba kamwa amaraso y’abo yise “Abanyarwanda.”

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nk’uko byarimo bigaragara muriyo video uriya musirikare ufite ipeti k’u rwego rwa Lt Gen, ubwo yarimo akangurira Abaturage ba RDC kwica no kurimbura abo yise Abanyarwanda, iruhande rwe hagaragaraga abapolisi n’Abasirikare benshi, n’abanyamakuru barimo bakamera.

Yagize ati: “Abakunzi b’igihugu cya RDC ni mureke gukora ingendo zidafite inyungu ku gihugu hubwo ni mu garagaze ibikorwa muze tumwe amaraso y’Abanyarwanda.”

“Ku matariki ya 25/ azaje kurangira twinjiye mu mazu y’Abanyarwanda n’amaduka y’abo twa bajanjanze. Nta modoka izongera gutwara umunyarwanda nta n’i Soko izongera kugaragaramo umunyarwanda, tukiriho.”

Uy’u musirikare mu ijambo rye yavuze kandi atsindagira ko ibi bigomba gutangira gushirwa mu ngiro ubu vuba.

Ati: “Guhera ubu tariki ya 13,14,15, 16, umunyekongo wese uzajyubona umunyarwanda azahita amwica, inyama z’Abanyarwanda nimboga zacu zo kurya. Abanya bukavu babaye muri Afrika y’Epfo ibyo tuvuga barabizi niyo system abanyafrika y’Epfo bakoresha, natwe tugomba gukoresha iyo system. Tubice tubice.”

Yashimangiye avugako uruby’iruko rw’Abanyekongo bagomba kujya bitwaza amajerikani arimo petroli kugira bajye batwika umunyarwanda wese y’aba ari Pasiteri cyangwa uwariwe wese.

Yasoje asaba abaturage baturiye Bandundu, Lubumbashi na Kinshasa, guhaguruka ba kirwanaho ngo kuko nibategereza perezida Félix Tshisekedi igihugu kizagumamo Abanyarwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Ipeti rya Lt GenUmusirikare wa FARDCYakanguriye Abanyekongo ku mwa amaraso y'abo yise Abanyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa Red Tabara, uri kwisonga mu byatumye leta ya Bujumbura ifunga imipaka iruhuza n'u Rwanda, menya Red Tabara abaribo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?