Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyarwanda, bari gufungwa n’Imbonerakure mu Gihugu c’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyarwanda bakabakaba 38 ba fungiwe muri Komine ya Mugina mu Ntara ya Cibitoki, mu Gihugu c’u Burundi.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni nyuma y’uko leta y’u Burundi yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko Abanyarwanda bafungiwe ahantu habiri muriyo Ntara ya Cibitoki, icumin’ababiri (12) bya vuzwe ko bafungiwe muri Komine ya Rugombo mu gihe abandi 26 bakaba aribo bafungiwe mu ikasho iherereye muri Komine Mugina.

Mu byo ibinyamakuru by’u Burundi bya komeje gutangaza n’uko leta y’u Burundi yamenyesheje ko itagishaka ko Abanyarwanda ba baba k’u butaka bw’igihugu cyabo, nk’uko na Minisitiri w’u mutekano Martin Niteretse, ya bimenyesheje aho ya navuze ko ku Banyamahanga batuye mu gihugu c’u Burundi hagiye kuba isuzumwa abazomenyekana ko batuye muricyo gihugu badakurikije amategeko bazafatirwa ibihano harimo ko bazasubizwa iyo baje bava.

Iki nyamakuru cya Sos Media Burundi, cya tangaje ko Abanyarwanda bari kugenda bafatwa n’urubyiruko rw’i ganjemo Imbonerakure zikorana bya hafi n’u butegetsi bwa perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Nyuma yo gufatwa n’imbonera kure ko barashikirizwa abashinzwe umutekano.

Kiriya Kinyamakuru cya Sos Media Burundi, kivuga kandi ko abandi Banyarwanda barenga 46 ko bamaze kwirukanwa k’u butaka bw’u Burundi ndetse ko hari n’abandi bahagaritswe k’u munsi w’ejo hashize bakaba bafungiwe i Mabayi.

Gusa leta ya Kigali yo binyuze mu muvugizi wayo w’ungirije Alain Mukuralinda, yavuze ko igihugu cye kitokora nk’ibyo u Burundi bwa koze.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyarwandaBurundiGufungwaImbonerakure
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Ishirahamwe Socico RDC, rya shize hanze icyeranyo kiranga umutekano uko wari uhagaze mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, umwaka ushize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?