Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubwicanyi mu Burasirazuba bwa RDC, bwafashe indi ntera nimugihe abo muyandi moko bishwe bazira gukunda Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bu komeje gufata indi ntera, nimugihe umuyobozi w’ishuri ribanza, riherereye Kamanyola, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yaraye yishwe azirako akunda Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bya vuzwe ko umuyobozi (Directeur), w’ishuri ribanza, riherereye Kamanyola, waraye yishwe arashwe, avuka mu bwoko bw’Abapfulero.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko uyu mu directeur yari asanzwe avugira Abanyamulenge ndetse ko n’urupfu rwishe Bisetsa Binfait, rwa mubabaje aho ndetse ko no ku mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 14/01/2024, ya hamagaye Abapfulero abashinja kuba bari inyuma y’urupfu rwa Bisetsa Binfait, waguye ku Bwegera mu mpera z’u mwaka w2023.

Nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga n’uko ahagana isaha z’umugoroba wajoro aribwo haje abantu bitwaje imbunda bikekwa ko ari Wazalendo bo mu bwoko bw’Apfulero, binjira mwa directeur barangiza ubuzima bwe bamurashe amasasu atatu.

Umuturage uherereye i Kamanyola, yahaye ubuhamya Minembwe Capital News, avuga ko Abapfulero banze gushingura Directeur, maze Abanyamulenge baramushingura.

Tu bibutseko nyuma y’uko Wazalendo bo mu bwoko bw’Abapfulero bishe barashe Umunyamulenge Bisetsa Binfait, ba muziza ubwoko bwe, aribwo Abanyamulenge bahise bahunga bava ku Bwegera bagana iy’ubungiro abenshi bakaba barerekeje ku Bwegera na Bukavu.

Bruce Bahanda.

Tags: Bwafashe indi nteraKamanyolaKivu yamajy'EpfoubwicanyiUmupfulero yishwe azira gukunda Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, wongeye gukoza isoni ihuriro ry'Ingabo za Tshisekedi ba bambura n'ibikoresho byinshi by'agisirikare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?