Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yasezeranije Abaturage ko agiye gukemura ikibazo cya bagenzi nyuma y’uko imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi ifunze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe ingaruka zo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, zageze no ku bacuruzi ba Banye-kengo, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Theo Kasi, yasezeranije Abaturage baturiye i Ntara abereye umuyobozi ko agiye kubitorera umuti.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abanye-kongo bakoreshaga umupaka wa Ruhwa uhuza u Burundi n’u Rwanda bava muri Uvira na Bukavu, kuva leta y’u Burundi ifunze imipaka ihuza ibihugu byombi barahangayitse bidasubirwaho.

Guverinoma y’u Burundi yafunze imipaka yose itariki ya 11/01/2024, nyuma y’uko iki gihugu gishinje u Rwanda gushigikira inyeshamba za Red Tabara no kuziha icyumbi. Ibi u Rwanda rwa biteye utwatsi.

Ku wa Mbere, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabigarutseho asezeranya Abaturage be ko vuba agiye kubishakira igisubizo kirambye mu maguru mashya.

Akaba yavuze ati: “Tugiye gukora ibishoboka byose tuvugurure umuhanda wa Bukavu, Uvira unyuze muri Ngomo.”

Yashimangiye avuga ati: “Igisubizo cyorohereza urujya n’uruza rw’Abaturage banyuze mu Rwanda bajya Uvira cyangwa bagana i Bujumbura.”

Kuri uy’u wa Mbere, itariki ya 15/01/2024, umupaka wa Kamvimvira hagaragaye imidoka zibarirwa mu magana zari zitwaye abagenzi ba Banyekongo bari bavuye i Bujumbura bagana i Bukavu. Abandi n’abo bavaga i Bukavu bagana i Bujumbura.

Gusa abenshi mu bagenzi bavuga ko batishimye aho ndetse n’ishirahamwe ridaharanira inyungu muri Uvira rya shimangiye ko uku gufunga umupaka wa Ruhwa n’indi bizagira ingaruka kuri bo kuko harigihe basanga umupaka wa Kamanyola wafunze Sacenda, bakanyura kuri Ruhwa.

Abashoferi benshi nabo bishirahamwe rya Mapasa ritwara abagenzi muri RDC bavuye i Bujumbura bemeza ko bo bakoreshaga cyane umuhanda wa Ruhwa.

Abacuruzi bo bakoreshaga umupaka wa Ruhwa banavuze ko gufunga uwo mupaka byatumye igiciro kizamuka kuko kuva Bujumbura ujya Bukavu unyuze muri Uvira, ari 60.000 fbu mugihe byari 35.000 fbu.

Bruce Bahanda.

Tags: Agiye gukemura ibibazo cya bagenziGuverineri Theo KasiImipaka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanenzwe n'abanditsi mubyo avuga nibyo akora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?