• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanenzwe n’abanditsi mubyo avuga nibyo akora.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibi biri mu busesenguzi twa kuye k’urubuga rwa Vive M23.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Uru rubuga rwa byanditse ru koresheje ururimi rw’igifaransa.Twagerageje ku bishira m’ururimi rw’ikinyamulenge.

Mu nyandiko ruriya rubuga, rwashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/01/2023, rwa nenze imivugire ya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ndetse runenga n’imikorere ye.

Mubyo bashize hanze bagize bati: “Umwaka ushize, Perezida w’u Burundi yakomeje kunengwa cyane, n’abanyabwenge benshi, ku buryo bya mutereye kuvuga vuga ku ma radio cyane, ariko ibyo yavuga ugasanga nta kuri bifite.”

“Hari umugabo tudashatse kuvuga wanditse ku rukuta rwe rwa X anegura perezida Evariste Ndayishimiye kubyo avuga iwe asanga bihabanye n’ukuri kwibihari, yagize ati:”Njyewe Major Gen Evariste sinamwita habe na Caporal kuko hari ba Caporal ba murusha ubwenge, kuko hari video Evariste Ndayishimiye aheruka gutangaza avuga ko Abarundi ari abatunzi kurusha Abanyamerika.”

“Evariste Ndayishimiye yavuze ko imbuto imwe ya Avoka igura $5 naho kwishura inzu bigatwara $800 rero umurundi wese Ndayishimiye avugako ariwe mukire kuruta umunyamerika.”

“Hari ikibazo uyu mugabo yabajije perezida Evariste Ndayishimiye, ese abarundi baramutse baguhaye imbuto 100 za Avoka wabaheza imadorali 300?”

“Yongeye yibaza icyoba cyaratumye yohereza ingabo ze mu Burasirazuba bwa RDC, kuriwe abona kwari ukugira yibe amavoka ati niba aribyo wagerageje ukishura abasirikare bawe bapfira muri Kivu y’Amajyaruguru, bazira ifaranga wahawe na perezida Félix Tshisekedi.”

Ruriya rubuga rwasoje ruvuga ko perezida Evariste Ndayishimiye, w’u Burundi, yarenze no ku mabwiriza agenga ibihugu byo mukarere.

Ati: “Uyu mwaka ushize w’2023, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiye ahonyora amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC),anengwa kuba yarohereje ingabo ze rwihishwa ku rwanya M23, mugihe hari abandi basirikare be bari mubice M23 yahozemo, mu rwego rwo gushakira RDC amahoro. Yongeye kunengwa kandi gufata icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.”

Uyu mwanditsi ntiyahwemye no kwita Perezida Evariste Ndayishimiye umuhubutsi.

Yagize ati: “Evariste Ndayishimiye umwaka ushize yaranzwe n’ikintu cyo guhubuka mu mvugo ze no mubikorwa bye. Ibyo avuga nibyo akora bigaragaza abajyanama be ba bi. Baramwoshya bikamuterera gukoresha imvugo zidafiteye igihugu inyungu yewe sitanafite n’ibisobanuro.”

Yatanze urugero agira ati: “Evariste Ndayishimiye yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ariko yirengaguza ko Red Tabara iba mu misozi ya Congo kandi yirengagiza ko leta y’u Rwanda itayobewe ko Igisirikare c’u Burundi gikorana n’Interahamwe zirimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994. Imvugo ze zibamo kwibesha gukomeye.”

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeYanzwe n'abanditsi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post

CENI yongeye kunengwa ndetse basabako ibyavuye mu matora biseswa byose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?