Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Sostene Serugaba wari ufungiwe mu Minembwe n’umudamu we bagejejwe i Bukavu bafunzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 16, 2024
in Regional Politics
1
Sostene Serugaba wari ufungiwe mu Minembwe n’umudamu we bagejejwe i Bukavu bafunzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Sostene Serugaba, wari umuyobozi mukuru wa ANR mu Minembwe akaba yaramaze iminsi 11 afungiwe mu Minembwe n’umudamu we boherejwe i Bukavu bafunzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ahagana kw’itariki ya 05/01/2024, n’ibwo Sostene Serugaba yahagaritswe n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 12 arafungwa aho bamufunganye n’u mudamu we Toto.

Mu masaha make ashize yo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16/01/2024, n’ibwo amakuru yageze kuri Minembwe Capital News, avuga ko Sosistene Serugaba n’u mudamu we bagejejwe ku k’ibuga cy’Indege cya Kavumu, giherereye i Bukavu, bakaba baje bafunzwe nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Ubwo Sosiyete na Toto, bafatwa ga bagafungwa, igisirikare cya FARDC cya menyesheje ko bahagaritswe k’umpamvu ko batera inkunga Twirwaneho. Ibyo Sostene Serugaba n’umudamu we baregwa byose bakomeje ku bitera utwatsi hubwo bagahamya ko bari mu baharaniye gushaka umutekano wa Minembwe, no mu nkengero zayo.

Sostene Serugaba yatangiye kuyobora ANR (L’Agence national de reinseignements), nyuma gato y’uko intambara ya Lt Gen Pacifique Masunzu na RCD yari rangiye, ahagana mu mwaka w’2005.

Sostene Serugaba afunzwe yari ayoboye ANR mu Minembwe, imyaka ikaba kaba 19.

Bruce Bahanda.

Tags: Bagejejwe i Bukavu bafunzweSostene SerugabaToto
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

Ubuyobozi bw'Ingabo z'u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y'uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

Comments 1

  1. Sibomana Aimable Kissinger says:
    2 years ago

    Birababaje gufunga umuryango bazira ibyo batakoze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?