• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwavuze ko harikirimo gukorwa nyuma y’uko bafashe abasirikare ba biri ba FARDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda(RDF), bwatangaje ko barimo gukora iperereza ry’Imbitse ku basirikare ba biri ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafashwe nyuma y’uko umwe yari amaze kuraswa arapfa.

You might also like

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

Mu masaha yakare mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, n’ibwo ubuyobozi bw’Ingabo za RDF bashize itangazo hanze rimenyesha ko abasirikare batatu ba FARDC b’injiye ku butaka bw’igihugu cyabo mu buryo bunyaranyije n’amategeko.

N’itangazo rivuga ko bariya basirikare ba RDC b’injiye banyuze mu Mudugudu wa Isangano, mu Kagari ka Rukoko, u Mulenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu.

Itangazo rikomeza rivuga ko b’injiye igihe c’isaha ya sasaba z’ijoro, ryo kw’itariki ya 16/01/2024.

Nyuma y’uko bariya basirikare ba FARDC bafashwe n’igisirikare c’u Rwanda, umuvugizi w’iki Gisirikare, Brig Gen Ronald Rwivanga, yakoranye ikiganiro na Channel ya YouTube izwi kw’izina rya Mama Urwagasabo, maze ayibwirako harikigiye gukorwa.

Yagize ati: “Ba biri mu basirikare ba FARDC b’injiye ku butaka bw’igihugu cyacu bafashwe, ariko umwe muribo yagerageje kurasa tuza kumurasa, abo babiri basigaye bo turabafite, kandi turi kubakoraho iperereza.”

Yakomeje agira ati: “Hari bintu byinshi biri buvugwe ariko ibyangombwa ni uko twabafashe abo basirikare ba FARDC, kandi turimo kumenya ibyabo byi mbitse, ibindi turaza kubibagezaho.”

Uy’u muvugizi w’igisirikare c’u Rwanda, yavuze ibi mugihe hari hatanzwe amakuru ko bariya basirikare ba FARDC boba bari b’injiye mu Rwanda ba banza kuja mu kabare kamwe hafi aho, bakaza gutangwaho amakuru n’abaturage.

Brig Gen Ronald Rwivanga, yanahamije ko ubwo bariya basirikare ba FARDC bafashwe ko nta munyarwanda wigeze ahagirira ikibazo.

Bruce Bahanda.

Tags: Harikirimo gukorwaIpererezaKu basirikare ba biri ba FARDCRDF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) I Bujumbura mu Burundi hatangiye inama mpuzamahanga yibanda ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka amahoro,...

Read moreDetails

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa Ikibazo cy’ibura ry’amazi meza gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bujumbura no mu nkengero zawo, aho...

Read moreDetails

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Afurika ikomeje gushakisha ibisubizo birambye ku...

Read moreDetails

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe” Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko abantu 15 barekuwe na Leta ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umwuka wa politiki n’umutekano mu Burundi wongeye...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

U Rwanda rwatabaye u Burundi incuro zirenga zine ariko nti byabujije ko leta ya Bujumbura ifungira u Rwanda imipaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?