• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23, washinje ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, ko ngera gusenya bakoresheje drone n’imbunda zirasa kure.

minebwenews by minebwenews
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23, washinje ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, ko ngera gusenya bakoresheje drone n’imbunda zirasa kure.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wo ngeye gushinja ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, kurasa ibisasu biremereye mu bice bya teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bya shizwe hanze ku mugoroba wo kuriki Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Akoresheje urubuga rwa X, Kanyuka yagize ati: “M23 iramenyesha rubanda ibi bikurikira:”

“Guhera isaha z’igitondo kugeza ubu k’u mugoroba wo kuri ki Cyumweru, ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse n’Ingabo za SADC, barikurasa i bisasu biremereye mu bice bya Mapati, Karuba no mu nkengero zaho, ahatuwe n’abaturage benshi.”

Yasoje amenyesha kandi ko Ingabo z’u mutwe wa M23, zo ko zikomeje kurwana kubaturage n’ibyabo kandi ko ba bikora kinyamwuga.

Ati: “Tura rwana ku baturage n’i byabo kandi turimo kurwanya ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na SADC.”

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwa kira n’uko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zakoresheje imbaraga z’umurengera barasa ibisasu byo ngera gusenya amazu y’abaturage, ndetse biriya bisasu bikaba byishe n’amatungo yabo.

Mu kurasa bakoresheje imbunda zirasa kure bakoresha n’indege z’intambara ndetse naza Drone.

K’urundi ruhande biravugwa ko M23 y’aba yavuye inyuma mukugira ba rwanye ubutegetsi bwa Kinshasa nk’uko byakomeje gutangazwa na Corneille Nangaa, ukuriye ihuriro ry’u mutwe wa Alliance Fleuve Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: DroneGusenyaIrashinja ihuriro ry'ingabo za RDC na SADCM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari "bubi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?