Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23, washinje ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, ko ngera gusenya bakoresheje drone n’imbunda zirasa kure.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23, washinje ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, ko ngera gusenya bakoresheje drone n’imbunda zirasa kure.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 wo ngeye gushinja ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, kurasa ibisasu biremereye mu bice bya teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni bya shizwe hanze ku mugoroba wo kuriki Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Akoresheje urubuga rwa X, Kanyuka yagize ati: “M23 iramenyesha rubanda ibi bikurikira:”

“Guhera isaha z’igitondo kugeza ubu k’u mugoroba wo kuri ki Cyumweru, ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse n’Ingabo za SADC, barikurasa i bisasu biremereye mu bice bya Mapati, Karuba no mu nkengero zaho, ahatuwe n’abaturage benshi.”

Yasoje amenyesha kandi ko Ingabo z’u mutwe wa M23, zo ko zikomeje kurwana kubaturage n’ibyabo kandi ko ba bikora kinyamwuga.

Ati: “Tura rwana ku baturage n’i byabo kandi turimo kurwanya ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na SADC.”

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwa kira n’uko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zakoresheje imbaraga z’umurengera barasa ibisasu byo ngera gusenya amazu y’abaturage, ndetse biriya bisasu bikaba byishe n’amatungo yabo.

Mu kurasa bakoresheje imbunda zirasa kure bakoresha n’indege z’intambara ndetse naza Drone.

K’urundi ruhande biravugwa ko M23 y’aba yavuye inyuma mukugira ba rwanye ubutegetsi bwa Kinshasa nk’uko byakomeje gutangazwa na Corneille Nangaa, ukuriye ihuriro ry’u mutwe wa Alliance Fleuve Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: DroneGusenyaIrashinja ihuriro ry'ingabo za RDC na SADCM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari "bubi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?