• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.

minebwenews by minebwenews
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Hateguwe i Nama idasanzwe, izabera mu Masango, ikazahuza amoko yose aturiye Grupema ya Bijombo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Masango ho muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hateguwe i Nama idasanzwe izahuza amoko yose aturiye ibyo bice.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’i Nama igamije gushakirahamwe ubumwe n’ubwiyunge, izaba tariki ya 26/01/2024, ikazabera mu bice byo muri Localite ya Masango izahuza Abanyamulenge, Ababembe, Abapfulero n’Abanyintu, bo muri Grupema ya Bijombo.

Ahagana tariki ya 08/12/2023, mu Masango, hari hateguwe i Nama izahuza ariya moko yose aturiye Grupema ya Bijombo, biza kurangira iriya Nama itabaye ku bw’umutekano muke nk’uko iy’inkuru yavuzwe na bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Ubwo bayiteguraga yari yateguwe n’umusirikare uyoboye Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC, Colonel Georges Nzibarega, afatanije n’ubuyobozi bwa Grupema ya Bijombo, Chef Rwigina Rwizigirwa ndetse n’aba Chefs bagize Localite zigize iyo Grupema.

Bizwi ko mu Masango hagiye havugwa umutekano muke ahanini uterwa n’ubwicanyi bukorwa n’Abapfulero, aho bica abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Inzira ya Masango yongeye kugira agahenge ku Banyamulenge, nyuma y’uko Abanyamulenge batangiye kw’iyunga n’Abapfulero, Ababembe n’Abanyintu, mu mpera z’u mwaka ushize w’2023.

Kuva mu mwaka w’2017 Abanyamulenge bagiye bagirira ibyago muri biriya bice bya Masango abenshi barishwe abandi barashimutwa abishimuswe bakaza kurekurwa aruko hatanzwe Amafaranga.

Ahagana mu ntangiriro z’umwaka w’2022, mu Masango habaye intambara zikomeye zasize zisenye ako karere. Gusa kuri ubu Masango imaze kongera kubakwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Hateguwe i Nama idasanzweIzahuza amoko yose aturiye Grupema ya BijomboMasango
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Indirimbo yaraye iririmbwe na Choir Elohim, mu giterane cy’urubyiruko i Nakivale, yabyukije ibyishimo byejejwe by’Abakirisitu, maze haba ibintu bishya.

Indirimbo yaraye iririmbwe na Choir Elohim, mu giterane cy'urubyiruko i Nakivale, yabyukije ibyishimo byejejwe by'Abakirisitu, maze haba ibintu bishya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?