Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Undi musirikare yitandukanije n’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze yiyunga na Twirwaneho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 24, 2024
in Regional Politics
0
Undi musirikare yitandukanije n’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze yiyunga na Twirwaneho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi musirikare mu ngabo za RDC, Captain John Ruhara, yamaze kwitandukanya n’igisirikare ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Iminsi itatu irashize Captain Ruhara John, ageze mu misozi miremire y’Imulenge, nyuma y’uko agaye imikorerere mibi y’igisikare cya leta ya Kinshasa, ni mugihe FARDC igize igihe ishinjwa guhohotera abo mu bwoko bw’Abatutsi bagizwe n’Abanyamulenge, Abanyamasisi ndetse n’abuvuka muri Ituri bo mu bwoko bwa Bahema.

Ahagana mu kwezi kwa Cumi numwe 11, mu ntangiriro zako, Captain Ruhara John, yafunzwe n’Abasirikare bagenzi be(FARDC), ba mufungira mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, bamuziza kuba ari Umututsi.

Icyo gihe bya vuzwe ko yakuwe i Sake aja gufungirwa i Goma, amara igihe kingana n’iminsi 30 afunzwe atarasobanurirwa icyo afungiwe.

Ku Cyumweru tariki ya 21/01/2024, n’ibwo Captain Ruhara John, yitandukanije n’igisirikare cya RDC maze yerekeza mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Amakuru MCN imaze kwakira n’uko kuri ubu Ruhara John yamaze kugera mu ishyamba rya Bijabo, ahari Twirwaneho.

Captain Ruhara John, y’injiye igisirikare mu mwaka w,2007, yinjirira i Masisi, mu ngabo zahoze ari zo mu mutwe wa CNDP, zari ziyobowe na Gen Laurent Nkunda.

Nyuma y’uko Gen Laurent Nkunda, ahagaritswe, Ruhara John, yahise yiyunga n’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Gusa n’ubwo Ruhara John, yaramaze iminsi myinshi mu Gisirikare c’igihugu ntibyabujije ko atotezwa azira ubwoko bwe Abatutsi arinabyo byatumye yitandukanya na leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Captain Ruhara John, avuka i Mulenge mu bice byo muri komine Minembwe.

Aje mugihe abasirikare benshi bari kwitandukanya n’igisirikare ca RDC aho bagishinja imikorere mibi noguhotera abo mu bwoko bw’Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Captain Ruhara JohnYitandukanije n'igisirikare ca RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kigali, ngo y’aba igiye guca agasuzuguro bahora bacyurirwa na perezida w’u Burundi, ko batagira indagara.

Leta ya Kigali, ngo y'aba igiye guca agasuzuguro bahora bacyurirwa na perezida w'u Burundi, ko batagira indagara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?