Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23, wamenyesheje ko umaze guhombya perezida Félix Tshisekedi, ko kandi bagiye gushaya burundu ubutegetsi bubi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 24, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23, wamenyesheje ko umaze guhombya perezida Félix Tshisekedi, ko kandi bagiye gushaya burundu ubutegetsi bubi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23, bamenyesheje ko leta ya Kinshasa yahisemo inzira y’urugamba ariko ko M23 nayo itaboroheye.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi nibimaze gutangazwa n’umuvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Yagize ati: “Ubutegetsi bwa Kinshasa bwanze rwose gushikirana na M23 n’ubwo abayobozi b’akarere ndetse n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga ba bigerageje ariko Kinshasa yahisemo inzira y’intambara.”

“Mu ku bishira mu bikorwa perezida Félix Tshisekedi, yaguze drone 3 zo kurwana yizeye ko azatsinda M23, ikibabaje n’uko izo drone zica Abasivile gusa.”

Uy’u muvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yanahishuyeko murizo drone zitatu M23 imaze guhanura imwe.

Ati: “M23 imaze guhanura imwe muri izo drone perezida Félix Tshisekedi yaguze azi ko agiye guhasha umutwe wa M23, nta nogukeka ihuriro ry’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, zirimo FDLR, FARDC, Wagner , ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC, rwose bananiwe urugamba bishoyemo.”

Kanyuka, ya naburiye ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, kutivanga mu bya Fardc.

Yagize ati: “Tura burira Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, kudakomeza kwivanga mubya Fardc mugutanga Amakuru yibinyoma.”

“Iyo nimyitwarire ibogamye mu gihe mushinzwe kugarura amahoro n’u mutekano nimubizirikane.”

Umuvugizi wa M23, yasoje amenyesha ko Umutwe wa M23 wavuye inyuma kugira urengere abasivile bakomeza kwicwa n’Abasirikare ba rwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ati: “Twafashe ingamba zo kw’irwanaho no kurwanirira abasivile kugira ntibakomeze kwicwa.”

BRUCE Bahanda.

Tags: DroneKurwanirira abasivileUmutwe wa M23Watangaje ko umaze guhombya perezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Mugace ka Kanyangohe, kuri uy’u wa Gatatu, hongeye kuvugwa urugamba ruremereye, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa.

Mugace ka Kanyangohe, kuri uy'u wa Gatatu, hongeye kuvugwa urugamba ruremereye, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?