• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe intambara y’u bwiyahuzi mu Mujyi wa Avdiivka, muri Ukraine, ku Ngabo z’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe intambara y’u bwiyahuzi mu Mujyi wa Avdiivka, muri Ukraine, ku Ngabo z’u Burusiya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Ukraine zazengurutswe n’Abasirikare b’u Burusiya , mu Mujyi wa Avdiivka, ubarizwa mu gice cya Donestsk, mu Burasirazuba bw’igihugu cya Ukraine.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Avdiivka, isanzwe mu mijyi iherereye mu gice cya Donetsk, kigenzurwa n’Ingabo z’u Burusiya, arinayo mpamvu nyamukuru abasirikare ba Ukraine bazengurutswe, aho bivugwa ko muri ibi bice habaye imirwano ikaze mu minsi ishize kandi ko n’ubu imirwano igikomeje ndetse ko impande zombi zahatakarije abasirikare benshi cyane cyane ab’u Burusiya nk’uko byatangajwe na CNN.

Umwe mu ngabo za Ukraine yabwiye itangaza makuru ko abasirikare b’u Burusiya, bari kugaba ibitero mu birindiro byabo mu buryo busa n’ubwiyahuzi, bakabica abandi nabo bakaza bakabica kuburyo imirambo yabo imaze kuzura hafi aho.

Umwe mubayobozi bishami ry’ingabo za Ukraine rishinzwe kurwanisha drone, yavuze ko n’ubwo bakwica Abarusiya 70 umunsi umwe u Burusiya bwongera bukabasimbuza abandi bakongera bakagaba ibitero nk’aho ntacyabaye.

Yakomeje avugako mu mezi 18 imirwano imaze muri uy’u Mujyi, drone zabo zimaze kwica Abarusiya barenga 150, ariko ko amagana y’abandi bashya agaba ibitero umunsi k’umunsi.

Gusa Ukraine nti tangaza umubare nyawo w’ingabo zabo zimaze kugwa aho ariko nabo bashobora kuba aribenshi kuko bagabwaho ibitero byaburi kanya, nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga.

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky, aheruka gusura Ingabo ze, ziri muri Avdiivka maze agiye gutangaza avugako ibiri kubera muri uwo Mujyi atari intambara ko ahubwo ari ubwicanyi, agaragaza ko u Burusiya buri gutakaza abasirikare benshi cyane kurusha ahandi habera imirwano nko muri Bakhmut.

Mumpera z’umwaka ushize w’2023, minisitiri w’ingabo w’u Bwongereza, yagaragaje ko u Burusiya bwiteguye gutakaza ingabo uko byaba kose ariko bakigarurira ibi bice biherereye mo inganda ninshi z’igihugu cya Ukraine.

Binavugwa ko n’ubwo ibyo bice bikomeje kuvugwamo imirwano ikaze ariko kandi bari mubihe by’u bukonje nabyo bitaboroheye.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u BurusiyaIntambara y'ubwoyahuziU Mujyi wa Avdiivka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.

Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?