• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Mu Bibogobogo, ho muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ha hurutse Abasirikare benshi b’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi zabarizwaga mu bice bya Komine ya Minembwe, bahurutse mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 25/01/2024, bya vuzwe ko abasirikare b’u Burundi bo mu mutwe wa TAFOC, babaga ku Kiziba, hafi n’ikibuga cy’indege cya Minembwe, ko “batowetse,” bivugwa ko bamanutse kwa Mulima, muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi.

Ubwo abaturage baturiye ibice bya Komine ya Minembwe ba byukaga mu Gitondo cyo k’uwa Kane, bagasanga abasirikare b’u Burundi nta bakiri ku Kiziba ba ketse ko boba batashe iwabo i Burundi, ariko ahagana isaha z’umugoroba haje amakuru avugako bariya basirikare, ko boherejwe kwa Mulima ariko na none harandi makuru yavugaga ko boba boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Muriki Gitondo cyo k’uwa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, n’ibwo abaturage baturiye Bibogobogo, ba bwiye Minembwe Capital News, ko iwabo hahurutse abasirikare benshi b’u Burundi bo mu mutwe wa TAFOC.

Sibomana yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Tubabonye ubu ariko twaje kumenya dutinze ko baraye ahitwa mu Magunga, mu nkengero za Bibogobogo. Ubu bazindutse bikorera ibikoresho byabo berekeje inzira ija Murusenda na Uvira.”

Ingabo za TAFOC zimaze hafi imyaka ikabakaba ibiri zibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zigizwe ahanini n’ingabo z’u Burundi n’iza FARDC.

TAFOC yabayeho ku bwamasezerano y’igihugu c’u Burundi na RDC m’urwego rwo kugira bafatanyirize hamwe guhashya imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo irwanya leta y’u Burundi ndetse niya banyekongo.

Muri iki gihe leta y’u Burundi niya RDC bamaze gushirahamwe kugira barwanye M23, ni muri urwo rwego bivugwa ko ingabo z’u Burundi ko zikomeje koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tu bibutseko mu Minembwe, ingabo za TAFOC, zahageze mu kwezi kwa Mbere umwaka wa 2023, nyuma y’uko ingabo za Fardc zo muri brigade ya 12 zari zarwanye na Twirwaneho, intambara yari yabereye mu bice bya Kabingo, Runundu na Masha.

Bruce Bahanda.

Tags: BibogobogoFiziHahurutse Abasirikare benshi b'u BurundiTAFOC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, Abaturage barimo n’umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,

I Goma, Abaturage barimo n'umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n'abo bikekwa kwari Wazalendo,

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?