Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, Abaturage barimo n’umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, Abaturage barimo n’umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage batatu, barimo n’u musirikare umwe mu bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu bazwi nk’aba GR , baraye bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo, muri Quartier ya Bujovu, Kabunambo, mu Mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni byaraye bibaye mu ijoro ryo k’uwa Kane, rishira kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, nk’uko bya tangajwe na Sosiyete sivile iherereye muri ibyo bice.

Sosiyete sivile ivugako mu ijoro ko haje abantu bitwaje imbunda batera Abaturage muri Quartier ya Bujovu, hafi no ku k’ibuga cy’indege cya Goma, maze biza kurangira bishe barashe abaturage batatu n’umusirikare wo mungabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu.

Mu baturage bapfuye harimo umusore wakoraga akazi ka Kinyozi, Erick n’u mu Maman ndetse n’umwana wari umaze amezi 18 avutse.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko abaturage bapfuye atari abo mubavuga ururimi rw’ikinyarwanda, ko ahubwo arabavuga izindi ndimi z’Abanyekongo.

Ibi bibaye mugihe n’ubundi abaturage baturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinja Wazalendo kwica abaturage mugihe baba bashaka kubiba ibyabo.

Muri uku kwezi kwa Mbere uy’u mwaka w’ 2024, abashinzwe umutekano bashizeho itegeko ribuza abamotari kudakora nyuma ya saa kumi nebyiri, n’ubwo abarimo ishirahamwe rya LUCHA n’abamotari bakomeje ku ry’amagana bavuga ko bibangamira akazi kaba motari n’Imiryango yabo.

Audio y’umuturage uherereye Bujovu, yahaye MCN, ivuga ko i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hari umutekano muke ko kandi uterwa na Wazalendo.

Ivuga iti: “By’u kuri Wazalendo n’ubwo leta ya bashize kwiberi ariko nibo bateje umutekano muke mu gihugu. Binjirana Abaturage mu ijoro basanga ntacyo ufite ubaha, baka kwica, ahasigaye bakigendera.”

Ikomeza ivuga iti: “Ir’ijoro bishe abantu batatu, bica n’umu jieli(GR).”

Bruce Bahanda.

Tags: Bujuvu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.

General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy'imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?