• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, Abaturage barimo n’umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, Abaturage barimo n’umusirikare wa FARDC, wo mu mutwe wa GR, bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo,
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage batatu, barimo n’u musirikare umwe mu bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu bazwi nk’aba GR , baraye bishwe n’abo bikekwa kwari Wazalendo, muri Quartier ya Bujovu, Kabunambo, mu Mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byaraye bibaye mu ijoro ryo k’uwa Kane, rishira kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, nk’uko bya tangajwe na Sosiyete sivile iherereye muri ibyo bice.

Sosiyete sivile ivugako mu ijoro ko haje abantu bitwaje imbunda batera Abaturage muri Quartier ya Bujovu, hafi no ku k’ibuga cy’indege cya Goma, maze biza kurangira bishe barashe abaturage batatu n’umusirikare wo mungabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu.

Mu baturage bapfuye harimo umusore wakoraga akazi ka Kinyozi, Erick n’u mu Maman ndetse n’umwana wari umaze amezi 18 avutse.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko abaturage bapfuye atari abo mubavuga ururimi rw’ikinyarwanda, ko ahubwo arabavuga izindi ndimi z’Abanyekongo.

Ibi bibaye mugihe n’ubundi abaturage baturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinja Wazalendo kwica abaturage mugihe baba bashaka kubiba ibyabo.

Muri uku kwezi kwa Mbere uy’u mwaka w’ 2024, abashinzwe umutekano bashizeho itegeko ribuza abamotari kudakora nyuma ya saa kumi nebyiri, n’ubwo abarimo ishirahamwe rya LUCHA n’abamotari bakomeje ku ry’amagana bavuga ko bibangamira akazi kaba motari n’Imiryango yabo.

Audio y’umuturage uherereye Bujovu, yahaye MCN, ivuga ko i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hari umutekano muke ko kandi uterwa na Wazalendo.

Ivuga iti: “By’u kuri Wazalendo n’ubwo leta ya bashize kwiberi ariko nibo bateje umutekano muke mu gihugu. Binjirana Abaturage mu ijoro basanga ntacyo ufite ubaha, baka kwica, ahasigaye bakigendera.”

Ikomeza ivuga iti: “Ir’ijoro bishe abantu batatu, bica n’umu jieli(GR).”

Bruce Bahanda.

Tags: Bujuvu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.

General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy'imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?