• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa 472 baguye mu mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Imirwaro yahitanye ingabo z’u Burundi zoherejwe gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23, bya vuzwe ko yabaye tariki ya 25 na 27, z’uku kwezi kwa Mbere umwaka w ‘2024, ibereye muri Muremure no mu nkengero za Mweso.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga urugamba rwa huje ingabo z’u Burundi na M23, rwa bereye mu gace ka Muremure, muri teritware ya Masisi, ahazwi nka hahuza umuhanda uhuza ibice bya teritware ya Masisi n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u Burundi kandi zapfuye ku bwinshi mu gitero gikaze bari bagabye mu birindiro bya M23 mu ijoro ryo kw’itariki ya 25, mugace kari mu nkengero za Mweso.

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira ahamya neza ko ingabo z’u Burundi zatakaje abasirikare ba barirwa 472, abandi 131 barakomereka harimo ko abandi bafashwe mpiri.

Urubuga rw’umurundi ushinzwe gutabariza abarundi bari mukaga, Pacifique Ninihazwe, yanditse akoresheje urubuga rwe, avugako ingabo z’u Burundi zo muri Batayo ya 7 kozarasiwe mu mirwano yabahuje na M23 barapfa bose, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bya navuzwe ko iyo Batayo y’ingabo z’u Burundi, isanzwe ibarizwa muri TAFOC, arizo ngabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, gufatanya na FARDC kurwanya imitwe y’itwaje imbunda irimo Red Tabara.

Mu minsi ishize byagiye bitangazwa ko ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ko zagiye zo herezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, gufatanya na Wazalendo na FDLR, kurwanya M23.

Abasirikare b’u Burundi, bongeye kuvugwa ko bapfuye ku bwinshi, mugihe ahagana mu kwezi kwa Cumi, umwaka ushize w’2023, mu nkengero za Kitshanga haguye abandi basirikare babo, barenga 200 harimo n’abandi bafashwe mpiri.

Bruce Bahanda.

Tags: ImirwaroIngabo z'u BurundiM23Mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruZapfiriye gushira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibihugu birimo Mali, Burkina Faso na Nigeri, by’i kuye mu muryango w’Afrika  yo mu Burengerazuba, CEDEAO.

Ibihugu birimo Mali, Burkina Faso na Nigeri, by'i kuye mu muryango w'Afrika yo mu Burengerazuba, CEDEAO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?