Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cy’u Burundi, ngo cyaba cyiteguye gutera i Gihugu cy’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 30, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare cy’u Burundi, ngo cyaba cyiteguye gutera i Gihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma y’u Burundi yongeye ku runda Ingabo zabo ku mupaka uhuza icyo gihugu n’u Rwanda.

You might also like

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

N’ibyatangajwe na minisitiri w’ingabo z’u Burundi, Alain Tribert Mutabazi, aho yemeje ayamakuru avuga ko Abasirikare b’igihugu cye boherejwe ku mupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda.

Ibi yabivuze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30/01/2024, mu gihe yarimo agaragariza igihugu cye ibyo minisiteri ayoboye ibyo yagezeho muri uy’u mwaka urangiye w’ 2024.

Nk’uko ya bivuze yagize ati: “Abasirikare bacu, turimo ku bohereza k’u mupaka uhuza u Burundi n’u Rwanda, mu rwego rwo kurinda umuteno w’igihugu cyacu. Si Abasirikare bonyine bo herejwe k’u mipaka hubwo n’ibikoresho byinshi byamaze kugerayo.”

Yakomeje avuga ati: “U Burundi turi maso mu gihe u Rwanda rwa tugabaho igitero tuzabarwanya.”

Ibyo leta y’u Burundi ivuga bya navuzwe n’abaturage baturiye ibyo bice biherereye ku mipaka y’ibihugu byombi.

Aho bahamije ko mu Ntara ya Kirundo, hari kurundwa ib’i bunda biremereye kandi ko biteye ubwoba abaturage b’u Burundi.

Bya navuzwe ko ibice byashizwemo Abasirikare benshi b’u Burundi n’ibikoresho byinshi by’agisirikare ko ari muri Komine ya Ntenga, Bugabira na Busoni.

Usibye mu Ntara ya Kirundo yavuzwemo Ingabo ninshi z’u Burundi hari kandi n’i Ntara ya Kayanza na Cibitoki.

Ibi bibaye mu gihe tariki ya 11/01/2024, u Burundi bwa funze imipaka ihuza igihugu cyabo n’u Rwanda.

Nyuma y’ubu gato perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda biteguye kurinda umutekano w’igihugu cyabo. Avuga ko umuntu wese wagerageza guhungabanya Umutekano w’u Rwanda ko yabona akaga.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, mbere y’uko perezida w’u Rwanda atangaza ibyo, yari yavugiye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC ko ashigikiye ku rwanya uwo mugenzi we Tshisekedi yise umwanzi.

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi sibwo bwa mbere uzamba k’uko nahagana mu mwaka w ‘ 2015, byari bimeze nabi.

Bruce Bahanda.

Tags: Cyiteguye gutera u RwandaIgisirikare cy'u Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye. Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n'inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika. Ku...

Read moreDetails

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Nyuma yo guhura n'abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yizeye ko...

Read moreDetails

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko leta ye, itazigera ishikirana na Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?