• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urubyiruko rwo muri teritware ya Rutsuru, bavuga ko k’u butaka bwo muri teritware yabo ko hari kwinjira ingabo z’ikindi gihugu zifasha inyeshamba.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2024
in Regional Politics
0
Urubyiruko rwo muri teritware ya Rutsuru, bavuga ko k’u butaka bwo muri teritware yabo  ko hari kwinjira ingabo z’ikindi gihugu zifasha inyeshamba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Nama y’Urubyiruko rw’Abanyekongo rwo muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bamenyesheje inzego za leta ya Kinshasa ko muri teritware yabo habonetse abasirikare ba Uganda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ukuriye urwo rubyiruko rw’Abanyekongo muri teritware ya Rutsuru, Twizere Sebashitsi Patien, yemeje ay’amakuru avuga ko guhera mu Cyumweru gishize aribwo izo ngabo zatangiye kugaragara binjira k’u butaka bw’i Gihugu cya RDC.

Yagize ati: “Abasirikare ba Uganda bari kwinjira k’u butaka bw’i Gihugu cyacu, bagaragaye bafite ibikoresho birimo amasasu n’imbunda, Binjira muri teritware ya Rutsuru baciye ku mupaka wa Kitagoma uherereye muri Grupema ya Busanza, Chefferie ya Bwisha.”

Ibi kandi bya vuzwe na Sosiyete Sivile yo muri Kivu y’Amajyaruguru, aho bashinja ingabo za Uganda kwinjira k’u butaka bw’i Gihugu cyabo aho bavuga ko baja gufasha M23.

Ki mwe ho na leta ya Kinshasa yagiye ivuga mu majwi ko igihugu cya Uganda gitera inkunga M23.

Umutwe wa M23 umaze imyaka irenga ibiri uhangana n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuva aho bu buriye imirwano mu mpera z’u mwaka w’2021, ingabo za FARDC ntizirabasha ku birukana ngo zigire agace zi bambura mu bice baganzura.

M23 ikaba igenzura ibice birimo teritware ya Masisi, Rutsuru n’igice kitari gito cyo muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Kwinjira k'u butaka bw'i Gihugu cyaboTeritware ya RutsuruUruby'iruko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Komine ya Oïcha, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,hiciwe abantu bagera ku munani.

Muri Komine ya Oïcha, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru,hiciwe abantu bagera ku munani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?