• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu misozi miremire yo muri teritware ya Uvira, bya vuzwe ko haheruka kubera i Nama idasanzwe yahuje abarwanyi bazwiho gusenyera Abanyamulenge.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

N’i Nama bivugwa ko yabereye neza na neza mu muhana wa Kangovu, wo muri Localite ya Gitoga, Cheferie ya Bapfulero, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iy’i Nama nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye imisozi ya Uvira, bavuze ko yahuje Maï Maï, Interahamwe n’abo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino ndetse n’Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri ibyo bice bya Gitoga.

Bi kavugwa ko mur’iyo Nama, abo barwanyi bemezanije kurwanya Twirwaneho na M23, ndetse ngo basezeranya kandi gutanga ‘msaada’ mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahari kubera intarambara ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Rukara Albert watanze ay’amakuru kuri Minembwe Capital News, yavuze ko iriya Nama yabaye mu ijoro ryo k’uwa Kane, tariki ya 08/02/2024, ni nyuma y’uko kuri uwo wa Kane, MCN yari hawe amakuru ko i Kilembwe, muri teritware ya Fizi, hari havuye Interahamwe ninshi bageze mugace ka ka Ngovu, muri Localité ya Gitoga, ahari abasirikare b’u Burundi (TAFOC), abariho ba kambika.

Iy’i nkuru ikomeje ivuga ko Interahamwe zavuye i Kilembwe, zigana mu misozi ya Uvira, mu gihe zari zahamagawe n’i ngabo za FARDC zo muri brigade ya 12, ikorera mu bice byo muri Komine ya Minembwe.

Ahagana k’u wa Kabiri, tariki ya 6/02/2024, Komanda Secteur wa Uvira, Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye uruzinduko mu Minembwe, muri urwo ruzinduko, bya vuzwe ko yamaze kugera mu Minembwe, maze akoresha i Nama ingabo za za FARDC na Barundi bo mu mutwe wa TAFOC, nyuma y’iyo Nama n’ibwo FDLR zo mu Lulenge na Kilembwe, bategetswe kuja mu bice byo mu Rurambo.

Hari amakuru avuga ko ingabo za FARDC zo muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira ko boba bafite umugambi wo kurwanya Twirwaneho, ni mugihe bashinja Twirwaneho kuba umwe na M23. Gusa harandi makuru avuga ibi FARDC itara bibonera ibimenyetso bihagije, nk’uko tu bikesha abaturage baturiye i misozi miremire y’Imulenge.

Mu minsi ishize Twirwaneho, yashize itangazo hanze ishinja leta y’u Burundi na Guverinoma ya Kinshasa gucura umugambi wo kurimbura Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge (Tutsi), Iryo tangazo rya Twirwaneho rivuga ko kandi ubutegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye bushinja Abanyamulenge gukorana byahafi n’umutwe wa M23.

Ntacyo leta y’u Burundi n’iya Congo bigeze bavuga kuri iryo tangazo rya Twirwaneho.

Bruce Bahanda.

Tags: FDLRGuminoI NamaIngabo z'u BurundiInterahamweKu misozi ya Uvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe ibindi byimbitse ku rugamba rwabaye uyu munsi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

Hahishuwe ibindi byimbitse ku rugamba rwabaye uyu munsi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?