• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Kuri ambasade ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hashizwe uburinzi bukaze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yahawe uburinzi bukaze, i Kinshasa.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ni kuri uyu wa Mbere, aba polisi bashizwe imbere ya Ambasade ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kugira ngo bahagarike abigaragambyaga imbere y’iyi ambasade. Imiryango myinshi itegamiye kuri leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, iri mu bashigikiye kwa magana guceceka kwa mahanga nogufatanya kw’i bihugu bimwe na bimwe byo mu Burengerazuba mu bwicanyi bo bavuga ko bukorerwa abanyekongo mu Burasirazuba bwa RDC. Abakora iyo myigaragabyo bavuga ko ubwo bwicanyi bukorwa na M23, ibyo uwo mutwe nawo ushinja ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Iy’i myigaragabyo yatangiye gukorwa mu i Cyumweru gishize, aho batwikiye amapini mu mihanda, batwika imodoka za MONUSCO, ba bikoraga mu rwego rwo kwa magana ibyo bita ‘uguceceka kwa mahanga ngo mugihe ubwicanyi bukorerwa abanyekongo.’

Uy’u munsi ho bya vuzwe ko amashuri ahanini ya za ambasade aherereye ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bafunze imiryango, maze abaturage baturiye uwo Mujyi bahamagarirwa kwa magana imiryango mpuzamahanga, ku kutagira icyo bakora. Ikindi aba, banyekongo bashinja Monusco kutagaragaza umusaruro munshingano zabo zo kugarura amahoro muri RDC.

Icyemezo cyo kurinda ambasade ya Amerika cyafashwe n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nyuma yaho ibihugu bivuga rikijana byari byo keje igitutu ubwo butegetsi, kubera Monusco yari yibasiriwe cyane mu myigaragabyo y’ubushize mu Cyumweru dusoje.

Bruce Bahanda.

Tags: AmbasadeAmerikaKinshasaUburinzi bukaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Batayo y’ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

Batayo y'ingabo za RDC yo mutwe wa Hibaux bapfuye bose, bapfana na komanda wabo, naho M23 yafashe agace kamwe ka Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?