Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya perezida Félix Tshisekedi, ngo ishobora kuja mu biganiro n’u mutwe wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 13, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya perezida Félix Tshisekedi, ngo ishobora kuja mu biganiro n’u mutwe wa M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ishobora kuja mu biganiro n’u mutwe wa M23.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

N’ibyo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi batangaje binyuze kuri minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo, bwana Christophe Lutundula. Ibi Minisitiri Lutundula yabitangaje ubwo yari yagiranye ikiganiro na Bintou Keita, ukuriye ubutumwa bwa L’ONI bwo kugarukana amahoro muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

Muri icyo kiganiro cya Christophe Lutundula, yavuze ko bishoboka kuja mu biganiro mugihe ibyo basaba by’u bahirijwe.

Yagize ati: “Hakenewe ko buri wese yisuzuma abikuye ku mutima kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, binyuze mu guhagarika ubwicanyi buhakorerwa n’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe n’igisirikare cy’u Rwanda. Ibisubizo bihari, Congo yiteguye kuganira, ariko tugomba gushiraho amabwiriza kugira ngo ibiganiro bibeho.”

Minisitiri Lutundula yavuze ko ibyo ubutegetsi bw’igihugu cye busaba bikubiye kuri gahunda ya Nairobi na Luanda, gahunda ishigikiwe n’umuryango w’Afrika yunze ubumwe, umuryango w’Abibumbye ndetse n’uwubumwe bw’u Burayi.

Iy’i miryango yose imaze igihe isaba impande zihanganye guhagarika amakimbirane y’intambara, bagakemura ibibazo bafitanye bisunze inzira y’ibiganiro.

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo igize igihe isabwa n’Imiryango mpuzamahanga, irimo leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa, u Bubiligi na Israel, kudakoresha uburyo bwa Gisirikare bakinjira mu biganiro n’u mutwe wa M23.

Kimweho kuja mu biganiro bisa nibyabaye ndanze n’ubwo M23 yo ibisabisha inshuro ninshi.

Aka Nama gashinzwe umutekano kw’Isi ku munsi w’ejo hashize kategetse Kinshasa kureka imirwano bakinjira mu biganiro.

Bruce Bahanda.

Tags: BushoboraKwinjira mu biganiroM23Ubutegetsi bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

Perezida Paul Kagame, yahaye igisubizo abibaza niba akwiye ko ngera gutorerwa kuyobora u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?