• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC, havuzwe igisa na Balkanisation.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe imirwano ikomeje kubica bigacika mu Burasirazuba bwa RDC, havuzwe igisa na Balkanisation.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya balkanisation byagarutsweho n’abakoresha imbuga nkoranya mbaga.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

N’ibyo twa kuye mu nyandiko za bamwe mu Banyekongo harimo na bamwe mu bayobozi, bakoresha imbuga nkoranya mbaga, ahanini ku rubuga rwa X, rwa hoze rwitwa Twitter.

Uwitwa Colonel Alimasi, yakoresheje urubuga rwe rwa X, asaba abanyekongo bo muri Kivu guhaguruka bakivana mu kaga no guharanira impinduka mu Ntara zabo.

Yagize ati: “Mwa ba kivutiens mwe, mu menye neza ko abantu b’ikinshasa ataribo bazabavana mu kaga, nta n’ubwo bahahaye akaga murimwo, ahanini mwa tewe n’intambara, bo, bakoresha kurasa ibisasu gusa, bateganya ko muzacungurwa n’ibihugu mpuzamahanga. Mugira se, ngo barashaka ku bubaka, oya, barabasenya. Ni muhaguruke mu bohoze akarere kanyu, mufatanye n’ingabo za Repubulika M23/AFC.”

Chalwe Adam, uheruka kw’iyunga na AFC, nawe, yahamagariye abaturage ba Congo bose kuyoboka demokarasi ibereye buri wese. Yavuze ko ari nta kindi kizabohora abanyekongo ngo n’uko bazarwana intambara ba karwanira ukuri bifatanije na M23/AFC.”

Ati: “Muze tubohoze igihugu cyacu, twubake demokarasi ibereye, irimo amahoro n’umutekano. Kugira ngo mu bigeraho umuti urambye n’uko muyoboka M23/AFC.”

Ibi kandi byagarutsweho n’u muhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, aho yagaragaje ko Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo ko bizaba ubwami buzatangazwa mu minsi irimbere.

Yagize ati: “Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo, bizaba ubwami, buzatangazwa mu minsi irimbere ku basore bo mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC. Kinshasa yo, yamaze kwinjira muri gahunda yo guhamagarira abasore n’inkumi kugira ngo barwanye abavandimwe babo bo muri M23, ariko ibyo bikomeza kuzana imfu, ku mugara n’ibindi bishira ubuzima bwa benshi mu kaga, imipango ya kinshasa, nti tegura akazoza k’urubyiruko rwacu. Ni muze muzabona abazabayobora nta kibazo.”

Bruce Bahanda.

Tags: BalkanisationHavuzwe igisa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Abakuriye amadini bahawe amabwiriza mashya, nyuma y’uko ubwoba bwinshi, bwatashye u Mujyi wa Goma.

Abakuriye amadini bahawe amabwiriza mashya, nyuma y'uko ubwoba bwinshi, bwatashye u Mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?