• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n’u muvugizi w’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR.

minebwenews by minebwenews
February 15, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yakojeje isoni abarimo n’u muvugizi w’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yise umuvugizi wa FDLR uzwi kw’izina rya Jule Mulumba, umunyakinyoma.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

N’i bikubiye mu itangazo igisirikare cya UPDF bashize hanze kuri uyu wa Kane tariki ya 15/02/2024. Ir’itangazo rya shizweho umukono n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda Brig Gen Felix M Kulayigye.

Nk’uko iryo tangazo ribivuga, rya maganye inkuru iheruka gushirwa hanze n’u muvugizi wa FDLR witwa Jule Mulumba, usanzwe ari nshuti na perezida Félix Tshisekedi, aho yatangaje ko ingabo za Uganda ko ziri muri Rutsuru, yerekana na ‘mashusho y’ibibunda by’ingabo za UPDF bigaragaza ko biri mu bice byo muri teritware ya Rutsuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.’

Nyuma y’uko Jule Mulumba atanze ayo makuru, ibinyamakuru byinshi byasamiye iyo nkuru hejuru maze batangira kuyamamaza ko Uganda ifasha M23.

Aha rero niho umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yahise asohora itangazo agaragaza ko ariya mashusho abanyamakuru ba RDC bari kwerekana y’i bibunda by’i bifaru by’igisirikare cya UPDF ko atari aya vuba aha, ko ahubwo yafashwe ubwo ingabo z’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba ( EACRF) zari mu butumwa bwo kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, umwaka ushize wa 2023.

Yagize ati: “Iriya photo mu bona yafashwe igihe twari mu butumwa bwa EACRF muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ati ibyo sibyo ntabwo turi muri Rutsuru.”

Yakomeje agira ati: “Uyu Mulumba usanzwe ari umuvugizi wa FDLR, atewe ipfunwe n’uko umutwe abereye umuvugizi na Wazalendo bari kuraswa nabi na M23, rero bari guhimba ibinyoma.”

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi w'igisirikare cya UgandaUPDFYakojeje isoni abarimo n'u muvugizi wa FDLR
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Bomboli bomboli mu butasi, k’urwego rw’i gisirikare n’urwa gisivile, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bomboli bomboli mu butasi, k'urwego rw'i gisirikare n'urwa gisivile, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?