Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bwa perezida Joe Biden, bwasabye Kinshasa na Kigali kuganira no guhagarika gutera inkunga imitwe y’itwaje imbunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 18, 2024
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bwa perezida Joe Biden, bwasabye Kinshasa na Kigali kuganira no guhagarika gutera inkunga imitwe y’itwaje imbunda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zirashinja u Rwanda guha ubufasha umutwe wa M23.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni ibikubiye mu itangazo minisitiri w’ubanye n’amahanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashize hanze, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/02/2024.

Iri tangazo rivuga ko ubutegetsi bwa Amerika butewe impungenge n’u mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC, ko kandi uwo mutekano muke uterwa n’intambara M23 irimo n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri iryo tangazo Amerika igashinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, ngo kandi uwo mutwe usanzwe uri mubihano wafatiwe n’ Amerika n’umuryango w’Abibumbye(L’ONI).

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko imirwano yabereye muri centre ya Sake yatumye abaturage ba barigwa muri miliyoni bongera kwinjira mu bibazo mugihe n’ubundi bari bafite ibindi bitaboroheye by’u mutekano muke.

Itangazo rya Amerika rigasaba M23 guharika intambara vuba nabwangu kandi abarwanyi bawo bakava muri centre ya Sake n’ahandi, ngo nk’uko amasezerano ya Luanda n’i Nairobi abitegeka.

Amerika kandi isaba u Rwanda guhagarika guha ubufasha umutwe wa M23, no kuvana abasirikare babo bose ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, no kwimura ibikoresho byabo bya misile, bishobora gushira mu kaga abasivile.

Iri tangazo ry’Amerika risaba ko buri gihugu gikwiye kubaha ikindi bityo ngo umutekano uzarushaho gukwira Isi.

Iri tangazo ry’Amerika risoza risaba n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, guhagarika vuba nabwangu gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Amerika ikavuga ko uwo mutwe wa FDLR woshira abasivile mu kaga gakomeye.

N’itangazo ryasoje risaba impande zombi kuyoboka inzira y’ibiganiro, kandi yemera ko izashigikira ibijanye na diplomasi yose izafasha gutorera umuti wa mahoro arambye.

Bruce Bahanda.

Tags: Bwasabye Kinshasa na KigaliGuhagarika intambaraKureka gufasha imitwe y'itwaje imbundaUbutegetsi bwa Joe Biden
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
I Goma hateguwe imyigaragambyo simusiga yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

I Goma hateguwe imyigaragambyo simusiga yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?