• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma hateguwe imyigaragambyo simusiga yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2024
in Regional Politics
0
I Goma hateguwe imyigaragambyo simusiga yo kwa magana ibihugu byo mu Burayi na Amerika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19/02/2024, hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana ibihugu byo mu Buraya na Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’imyigaragambyo yateguwe n’Abanyekongo baturiye u Mujyi wa Goma, nk’uko bya tangajwe n’ibinyamakuru byo muri uwo Mujyi.

Bya vuzwe ko abazakora imyigaragambyo bazaja mu mihanda, basabe ko ingabo za MONUSCO zibavira mu gihugu cyabo.

“Tuzaja mu mihanda twa magane ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, kandi tubasabe ku tuvira ku butaka bw’igihugu cyacu. Ubutaka basogokuru baturaze.”

Iy’i myigaragabyo izakorwa mu buryo bwo kwa magana ibihugu byo ku mugabane w’u Buraya na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, no gusaba ingabo za MONUSCO gutaha ntayandi mananiza, nk’uko bya komeje gutangazwa n’ibinyamakuru byinshi byo muri Goma.

Abanyekongo bashinja ibihugu by’u Buraya na Amerika kuba inyuma y’u mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.

Aba bateguye imyigaragambyo kandi bavuze ko baza saba n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kurangiza intambara mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Na none kandi tuzasaba ubutegetsi bw’i Gihugu cyacu gukora ibishoboka byose barangize intambara mu Burasirazuba bwa RDC.”

Iy’i myigaragabyo ibaye mugihe imirwano yari maze iminsi irenga itanu ibera muri za teritware ya Masisi na Nyiragongo. Ni imirwano yasize M23 y’igaruriye ibice byinshi harimo n’uko u Mujyi wa Sake iwigaruriye, n’ubwo ku rundi ruhande bitemezwa ko uyu mutwe wa fashe Sake.

Gusa amakuru yizewe avuga ko M23 yigaruriye ibice byinshi byo muri iyo Centre harimo ko uwo mutwe uzengurutse Sake.

Bruce Bahanda.

Tags: Hateguwe imyigaragambyo simusiga yamagana ingabo za MonuscoI GomaU Burayi na Amerika
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Cyirl Ramaphosa na Evariste Ndayishimiye bemezanije gushigikira bundi bushya igisirikare cya  Congo(RDC).

Perezida Cyirl Ramaphosa na Evariste Ndayishimiye bemezanije gushigikira bundi bushya igisirikare cya Congo(RDC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?