• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano wongeye kuzamba mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Nahano Justin, yagize ati: “Ku mu goroba ikambi y’abasirikare ba FARDC yari ahitwa Kavumu, bayivuyemo bigaba kwa Rushingana, ariko niyo nzira barakomeza bagana i Baraka. Imitima y’abaturage yongeye kugira ubwoba bwinshi, kuko abasirikare bari babafatiye runini.”

Nyuma y’uko FARDC ivuye mu i kambi yabo yari Kavumu, bye mejwe n’abaturage ko yahise y’injiramo Wazalendo(Maï Maï).

Ati: “Kavumu yabagamo abasirikare ba FARDC barebwa nu mu Lieutenant, aba basirikare bamaze kuhava, Wazalendo nabo barinjira, bahita batumiza aba Chef bo mu Bibogobogo ku bashakira iposho no ku bakira.”

Umwaka ushize mu Bibogobogo hakoreraga abasirikare ba FARDC ba barigwa muri 750, aba baje kuhavanwa mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023, boherezwa mu bice byo muri teritware ya Uvira. Muri icyo gihe abaturage kandi byabateye ubwoba. Gusa muri abo basirikare hasigaye bake bayobowe nu musirikare w’u mu Major uzwi ku izina rya Prince.

Umuturage ya bwiye Minembwe Capital News ko abasirikare ba bibwiriye ko bari buve bose mu Bibogobogo, kuri uyu wa Mbere hakaza abandi, ariko uwatanze ay’amakuru nti yavuze igihe abo bandi bazaza.

Ati: “Umwe muri aba basirikare ba FARDC ya tubwiye ko abasirikare bose ba FARDC bari buve hano mu Bibogobogo hakaza abandi. Kandi aba bari kuhava baraza kwerekeza i Baraka.”

Hagati mu myaka ya 2018, 2019, 2020 na 2021, Abanyamulenge bo mu Bibogobogo bahuye n’intambara ikomeye, ni mugihe bagabwaho ibitero n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï Bishambuke. Izo ntambara zasise zisenye akarere kabo, zihitana n’Abanyamulenge batari bake abandi benshi bagana iy’ubungiro.

Kuri ubu bari batangiye ko ngera kwirema no kubaka i mihana igize aka karere. Umwaka ushize havuzwe ko hari ingo zaba Banyamulenge zari zahungutse harimo n’urugo rwumwe wa hungutse ava mu gihugu cya Zambia.

Bi Bogobogo ni agace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, Abapfulero, Ababembe n’Abanyindu. Muri aba baturage abenshi bahaturiye ni Abanyamulenge.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeFardcUmutekanoWazalendoWongeye kuzamba mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y'uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?