Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 28, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamabanga mukuru w’umuryango wa SADC yatangaje ko Ingabo zabo ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko zikomeje gutoza Igisirikare cya RDC kurasisha imbunda ziremereye, ibyo bakunze kwita “artillery.”

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni ibyo uyu muryango wa SADC batangaje bakoresheje urubuga rwa x, aho bavuze ko ingabo z’uyu muryango wa SADC ko zirimo gusohoza inshingano zabo mu butumwa zagiyemo mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko ba bitangaje bagize bati: “Sadec barimo gutoza Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurasisha imbunda ziremereye, kugira bahashye umutwe wa M23.”

Ubu butumwa bwaherekejwe na mashusho agaragaza imyitozo ihabwa ingabo za RDC.

Ayo mahugurwa akaba agamije kuzamura imikorere y’ingabo za Fardc mu rwego rwo kugira ngo bazarusheho kumara umutwe wa M23 ugize igihe uzengereje iryo huriro ry’ingabo.

Ibyo bibaye mu gihe ubuyobozi bw’ingabo za SADC n’u buyobozi bw’ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaru bari bagiranye ibiganiro.

N’ibiganiro bivugwa ko byabereye i Goma, aho byabaye kuri uyu wa Kabiri, bikaba byari byi tabiriwe na Lt Gen Sikabwe Fall umukuru w’ingabo za RDC zirwanira ku butaka na guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba, ndetse n’uhagarariye ingabo za SADC, muri RDC, Maj Gen Monwabisi Dyokopu.

Ibyo biganiro na none byari bigamije kunoza imikoranire hagati ya SADC na Fardc mu guhashya M23.

Nyuma y’ibi biganiro Maj Gen Monwabisi Dyokopu yahise yerekeza mu gusura ibirindiro by’ingabo ziri k’urugamba biherereye i Masisi, kugira atere ingabo mu bitugu.

Ahagana tariki ya 15/12/2023 n’ibwo Ingabo za SADC zageze muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hashingiwe ku byemezo bya bakuru bi b’ihugu bigize uwo muryango byari byafatiwe muri Namibia tariki ya 08/05/2023.

Izi ngabo za SADC zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, iza Malawi n’iza Tanzania.

    MCN.
Tags: Bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya M23SADC na FARDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe “umunyakinyoma.”

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe "umunyakinyoma."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?