Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 3, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka kubwira abarundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni ivugwa mu gitabo cy’Itangiriro na Ezekiel, byo muri Bibiliya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’i byo yavuze ku wa Kabiri, tariki ya 27/02/2024, ubwo yari mu Nama y’u bukerarugendo yabereye kuri Hotel Club du Lac Tanganyika, i Bujumbura. Yavuze ko abarundi bafite igihugu cyiza ariko batakizi.

Yasobanuriye abitabiriye iyi Nama ko Nowa yari yarubatse iyi nkuge mu Burundi. Ati: “Ubwato(inkuge) bwa Nowa, uvurwa muri Bibiliya, bwavuye i Burundi, imvura yaguye yarimo imiyaga myinshi. Umuyaga urabutwara, hanyuma umwuzure wagiye kurangira bugeze muri Israel.”

Mu Itangiriro handitse ko umugezi uturuka muri Edeni wigabanyemo indi ine irimo: Pishoni ugose igihugu cyose cya Kush, Hidekelu igose Ashuri n’uwa Ufrate.

Ndayishimiye rero we iyo migezi ya yise: “Rusizi, Ruvubu, Marangarazi n’Akanyaru.”

Avuga ko “impamvu abarundi batabyemera ari uko abamayika bafite inkota z’umuriro bahahishe.”

Yakomeje asobanura ko u Burundi “bukoze ku nyanja” bitewe n’uko amazi abuturukamo yisuka muri Pacifique, abanjye kunyura muri Tanganyika, agakomereza mu ruzi rwa rukuga narwo rugasuka mu rwa Congo, agakomereza muri Atlantique.

Perezida Ndayishimiye ahamya ko impamvu abanyamahanga bakunze gusura u Burundi ari uko iki Gihugu gifite umwihariko waho.

Hari naho yageze avuga ko u Burundi ariyo ngombyi ya Edeni. Ati: “U Burundi ni ingombyi ya Edeni. Igihe Imana yirukanaga Adamu na Eva mu ngombyi ya Edeni, yazanye inkota z’umuriro kugira ngo baharinde, ntibazasubireyo.”

           MCN.
Tags: BurundiEvariste NdayishimiyeImpamvu batabyumvaIngombyi ya Edeni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Muri Republika ya demokarasi ya Congo,umugabo  yirukanwe mu kazi azira kuba afitanye amasano na Corneille Nangaa.

Muri Republika ya demokarasi ya Congo,umugabo yirukanwe mu kazi azira kuba afitanye amasano na Corneille Nangaa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?