Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa M23 berekanye ibikoresho byinshi bya gisirikare bambuye igisirikare cya leta ya Kinshasa n’abagishigikiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 5, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bwa M23 berekanye ibikoresho byinshi bya gisirikare bambuye igisirikare cya leta ya Kinshasa n’abagishigikiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa M23 bongeye kwerekana ibikoresho byinshi bya gisirikare bafatiye k’urugamba bari bahanganyemo n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abazishigikiye.

You might also like

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Ni mu rugamba rwa bereye mu bice birenga bitatu harimo Mabenga, Mweso, Katsiro na Kihondo.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yatanze ubutumwa bwanditse avuga ko ingabo za FARDC n’abazishigikiye kubarwanya ko bahunze agace ka Gatsiro n’inkengero zako, ni naho M23 yabamburiye biriya bikoresho birimo imbunda ziremereye.

Iy’i mirwano yaje gukomeza kugeza isaha ya saa kumi nigice z’umugoroba, mu gihe yari yatangiye igihe c’isaha z’urukerera rwo kuri uy’u wa Mbere, aho Ingabo za General Sultan Makenga zaje kwigarurira agace ka Kihondo gaherereye mu marembo ya Centre ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Ingabo za SADC, FARDC, FDLR, Abacanshuro, ingabo z’u Burundi na Wazalendo bakoze ibikorwa by’u busahuzi ahanini basahuye muri Nyanzare n’ahandi.

N’ubwo M23 ivuga ko yatewe iza kw’irwanaho, ariko k’urundi ruhande FARDC n’abambari bayo barashinja M23 kuba ari yo yabateye nabo baza kubasubiza.

Umwe mu baturage baturiye ibice bya Masisi ya bwiye Minembwe Capital News ko Mabenga na Mweso ari bice bigenzurwa na M23 kandi ko ari byo byagabwemo ibitero.

Ahamya ko FARDC n’ibisirikare bya mahanga byaje kuyifasha kurwana intambara ko aribo bagabye ibitero mu birindiro bya M23 ndetse n’ahatuwe n’abaturage benshi.

       MCN.
Tags: FardcM23Yafatiye k'urugambaYerekanye ibikoresho by'agisirikare
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails
Next Post
Iby’uko umuryango w’Afrika yunze ubumwe ugiye guha ubufasha SAMIRDC ku rwanya M23, nti bivugwa ho rumwe na bimwe mu bihugu bigize uwo muryango.

Iby'uko umuryango w'Afrika yunze ubumwe ugiye guha ubufasha SAMIRDC ku rwanya M23, nti bivugwa ho rumwe na bimwe mu bihugu bigize uwo muryango.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?