• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2025
in Regional Politics
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Umurwa mukuru w’igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi bya Loni.

READ ALSO

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

Ibi biva kuba Umuryango w’Abibumbye uheruka kwemeza ko ugiye kwimurira ibiro mpuzamahanga byayo birimo ibya UNICEF, UNFPA n’ibya Women.

Ni umwanzuro uyu muryango w’Abibumbye uvuga ko uzabigeraho bitarenze mu 2026.

Uyu mwanzuro ukaba ugiye gushyira umujyi wa Nairobi ku rwego rw’imijyi ikomeye ku isi yakiriye ibiro byinshi bya Loni nyuma ya New York, Genève na Vienna.

Mu busanzwe Nairobi yabarizwagamo amashami 23 ya Loni harimo UNED, Un-Habitat n’andi.

Ubundi kandi uyu muryango w’Abibumbye wanavuze ko uzawimuriramo ibiro by’ishami ryawo rishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (OCHA) muri Africa, bikazongera uruhare rw’uyu mugabane mu bikorwa by’ubutabazi ku rwego rw’isi.

Hagataho, umunyamabanga mukuru wa Loni, Antonio Guterres, yavuze ko izi ari zimwe mu mpinduka z’uyu muryango, zigamije kugabanya ikiguzi cy’amafaranga akoreshwa mu bikorwa bitandukaniye i New York.

Ndetse kandi yavuze ko ibikorwa by’ubutabazi bingana na 60% y’ibikorwa bya Loni byose bikorwa muri Africa.

Tags: IbiroLoniNairobi

Related Posts

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi
Regional Politics

Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi

August 23, 2026
Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe
Regional Politics

Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe

August 21, 2026
Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi
Regional Politics

Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi

August 21, 2026
Next Post
Umutwe wa Islamic State wigambye gukora igitero ku bantu barimo gusenga.

Umutwe wa Islamic State wigambye gukora igitero ku bantu barimo gusenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?