Urukiko rwo muri leta zunze ubumwe z’Amerika rwanzuye ko Apple, Google n’izindi kompanyi za tekinologi ko ntaruhare zifite mwi koreshwa ry’abana mu birombe bya mabuye y’agaciro muri RDC.
Kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024, nibwo urukiko rw’u bujurire rwo muri leta zunze ubumwe z’Amerika, rwanze kwemeza ko amasosiyete atanu akomeye y’ikorana buhanga kugira uruhare mu gukoresha abana mu mirimo y’ubucukuzi bwa mabuye y’agaciro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.
Uru rukiko rw’u bujurire rusanzwe rufite icyicaro muri leta ya Colombia rwe meje ko Google, Apple, Dell Technologies, Microsoft na Tesla, ko ntaruhare naruke bafite mubyo bashinjwa na bamwe mu babyamerika.
Abarimo ba buranisha aya makampani, barimo bayashinja ko batanga isoko mu mirimo yagahato, bakavuga ko kandi bagura Cobalt, ikoreshwa mu gukora bateri ya “lithium-ion” iyi, isanzwe ikora no mubikoresho bya elektlonike, hafi ya bibiri byuko yahoraga igurishwa. Cobalt iboneka muri RDC gusa.
Bakavuga ko abana bishora muri bi byo gucukura amabuye y’agaciro kubera inzara n’ubukene bukabije, bityo ariya masosiyete akaboneraho kubakoresha.
Tariki ya 16/02/2024, abatanga buhamya bari mu rukiko, aho harimo n’abahagarariye abana batanu baguye mu bikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro muri RDC.
Ariko urukiko rw’u bujurire ruvuga ko kugura Cobalt mu rwego rwo gutanga amasoko ku isi bitagereranwa no “kugira uruhare mugukoresha abana.”
Umucamanza Neomi Rao yabwiye abarega ko bafite uburenganzira bwo gusaba indishyi, ariko ko badafite ibimenyetso bifatika bishinja biriya bigo bitanu.
Yagize ati: “Abarega ntacyo berekana gifatika, ariko ibi bigo bitanu bifite undi mubano wihariye utarebwa mu igura nigurishwa ry’amabuye y’agaciro.”
Uy’u mucamanza yasoje avuga ko hari abanyapolitike n’abategetsi ba RDC bafite uruhare runini rwo gukoresha abana mu birombe bya mabuye y’agaciro.
MCN.