• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.

minebwenews by minebwenews
March 10, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamakuru wigeze kubica biracika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabiwe gufungwa imyaka 20.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamakuru uzwi cyane muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Stanis Bujakera yasabiwe gufungwa imyaka 20.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ubushinjacyaha bwo mu Gihugu cya RDC, bwasabye ko umunyamakuru Stanis Bujakera afungwa mu gihe kingana n’imyaka ma kumyabiri.

Stanis Bujakera yatawe muriyombi mu kwezi kwa Cyenda ku mwaka ushize w’2023, ni mugihe yarimo ashinjwa gukora ikuru zisebya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Inkuru yatumye uyu munyamakuru atabwa muriyombi yavugaga ko umunyapolitique utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Chérubin Okende wari uheruka gupfa ko yishwe n’intasi z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Uyu munyapolitique Chérubin Okende yari yishwe mu mpera z’u kwezi kwa munani, mu 2023, umurambo we ukaba warasanzwe mu mudoka ye, bawutoraguye mu gace kitwa Limeté, ho muri Kinshasa, kandi basanga wuzuye amaraso.

Okende yahoze ari minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu, yegura mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w ‘ 2022, nyuma yaje kuba depite, akaba yari n’umuvugizi wishyaka rya Ensemble pour La République, rya Moïse Katumbi.

Ubushinjacyaha bwo muri RDC, bwo buvuga ko Cherubin Okende yiyishe. Umunyamategeko wo muri icyo gihugu Jean Marie Kabengela, uburanira Stanis Bujakera yabwiye itangaza makuru ko ubushinjacyaha bwamusabiye igihano cy’imyaka 20, no kuriha amande ya miliyoni imwe y’amafaranga ya Congo.

Uy’u munyamategeko yokomeje kuvuga ko bagitegereje ko urukiko rusoma urubanza. Ariko asoza avuga ko bishobora kuzaba mu Cyumweru gitaha.

Ishirahamwe mpuzamahanga rya Human Rights Watch, rivuga ko urubanza rwa Bujakera rushingiye kumpamvu za politike.

Uy’u munyamakuru ni umunyekongo wakoreraga ibinyamakuru bitandukanye birimo Reuters, Jeunne Afrique, n’ibindi.

       MCN.
Tags: Gufungwa imyaka 20KinshasaStanis BujakeraUbucyamanzaYasabiwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k’u mwandagaza.

Mu gihe Joe Biden ari mubahatanira kongera kuyobora U.S.A, muri manda ya kabiri, abaganga bo muri icyo gihugu, batangiye k'u mwandagaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?