• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu gihe kuri uyu wa Kabiri, ahaberaga imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hiriwe ituze, M23 iravugwa kugera muyandi ma teritware.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Mu gihe kuri uyu wa Kabiri, ahaberaga imirwano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hiriwe ituze, M23 iravugwa kugera muyandi ma teritware.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hiriwe ituze mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, muri teritware ya Rutsuru, hiriwe agahenge ka mahoro, ni nyuma y’imirwano ikaze yarimaze i Cyumweru ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iy’i mirwano yasize M23 y’igaruriye ibice byingenzi birenga icumi, harimo Nyanzale, yari sanzwemo ibirindiro bikomeye bya FDLR, FARDC, Ingabo z’u Burundi na SADC, ibindi bice byafashwe ni nka Rwindi, Kibirizi n’ahandi.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko kuri uyu wa Kabiri ko hiriwe ituze bitandukanye no kuri uyu wa Mbere washize, kuko amasaha y’igitondo habaye ituze bigeze nyuma ya saa sita z’igicamunsi cyo kuri uwo wa Mbere, imirwano iratangira hagati y’impande zihanganye, birangira M23 yambuye FARDC agace k’ingenzi ku burobyi ka Vitshumbi, gaherereye muri gurupema ya Kanyabayonga, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Si muri teritware ya Rutsuru gusa, hiriwe ituze, kuko no muri teritware ya Masisi, ndetse na Nyiragongo haracatuje kugeza ubu.

Kurundi ruhande M23 iravugwa mu marembo ya teritware ya Walikale, nko mu bice biherereye mu misozi ya Kahembe, Kalonge ndetse no mu bindi bice bya Walikale bihana imbibi na teritware ya Masisi, bivugwa ko M23 yamaze kubigezamo ingabo zabo ninshi.

        MCN.
Tags: ItuzeM23Walikale
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yahishuye ko abaturage benshi ko ko bongeye kurushaho kuyoboka umurongo w’uyu mutwe.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yahishuye ko abaturage benshi ko ko bongeye kurushaho kuyoboka umurongo w'uyu mutwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?