Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yahishuye ko abaturage benshi ko ko bongeye kurushaho kuyoboka umurongo w’uyu mutwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 12, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yahishuye ko abaturage benshi ko ko bongeye kurushaho kuyoboka umurongo w’uyu mutwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ko umurongo mwiza wa politike ARC/M23, ifite utuma abasevile barushaho gukomeza kuyiyoboka.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni nyuma y’uko M23 ikoresheje ibiganiro mu baturage baturiye localite ya Nyamirazo, i Shasha no muri Mushaki, muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi biganiro byahuje abasivile na M23, bikaba byarabaye ku Cyumweru, tariki ya 10/03/2024,nk’uko bya hamijwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike. Yanemeje neza ko nyuma yibyo biganiro ko byatumye abaturage barushaho kugana M23.

Mu butumwa bugufi Lawrence Kanyuka yatanze akoresheje urubuga rwa X, yagaragaje ko “urukundo M23 idahwema kwereka abenegihugu, rutuma abasivile barushaho gushigikira politike yayo. Ubusabane hagati y’ingabo z’uyu mutwe n’abaturage, bishimangira ubumwe bwacu, kandi bigaragariza icyizere ko kigenda cyiyongera kubyo bahuriyeho.”

Lawrence Kanyuka, yakomeje agira ati: “Turashimira byimazeyo ingabo za M23, zidacogora mu kurinda abaturage ba basivile. Ubwitange bwabo mu kubungabunga amahoro n’umutekano birushaho kuba byiza mu bice bagenzura.”

Yasoje ashimangira ati: “Twese hamwe n’ingabo zacu, turimo kubaka ejo hazaza heza hi gihugu giteye imbere, aho buri muturage azabashobora gutura mu bwisanzure no mu mutekano mwiza.”

Ibi umuvugizi wa M23, yabivuze mu gihe barushijeho kongera gufata indi mijyi ikomeye yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu mirwano ikaze iheruka kuba muri kiriya Cyumweru dusoje.

                MCN.
Tags: AbaturageKuyoboka M23Lawrence KanyukaM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.

Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?