Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikomeye ku zamenyekana ko afasha M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 13, 2024
in Religion
0
Abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikomeye ku zamenyekana ko afasha M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasengeri bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo basabye ko hoba guhana abategetsi bo muri leta ya Kinshasa bafasha cyangwa bashigikira M23.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni mu Nama idasanzwe yateranye k’uwa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, ihuje abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri RDC.

Iy’i Nama ikaba yarateraniye i Kisangani, nk’uko bigaragarira mu cyegeranyo aba basenyeri bo mu idini Gatolika, bashize hanze nyuma y’ibyo biganiro byabahuje ku munsi w’ejo.

Icyo cyegeranyo kivuga ko iyo Nama y’Abasenayeri yemeje ko basaba Inteko Nshinga mategeko yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko “bashiraho itegeko rikaze , rizahana umutegetsi wese wamenyweho ko aha ubufasha umutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.”

Muri icyo cyegeranyo cya basenyeri kandi, gisaba ko buriwese uketsweho gufasha M23 ko akwiye guhagarikwa mu kazi, maze bagasuzuma basanga ibyaketsweho ari ukuri agahanwa byintangarugero.

Iki Cyegeranyo gikomeza kivuga ko M23 ari abasahuzi b’igihugu, ko kandi basahura umutungo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bityo ko ababafasha bagomba guhanwa hisunzwe itegeko rishya ryofatwa ubu vuba.

Ibi babisabye mu gihe M23 irimo gukaza umurego wo kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe abarwana k’uruhande rwa leta batagihagarara imbere ya barwanyi bagize uy’u mutwe wa M23.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bufashwa n’ingabo zavuye mu bihugu byinshi byo muri Afrika ndetse no mu Burayi, hari nk’ingabo za SADC, zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania. Hari kandi Ingabo z’u Burundi, ndetse na FDLR ikomoka mu gihugu cy’u Rwanda.

Ni mu gihe kandi hari n’abacanshuro baje bava muri Romania no mu Burusiya. Aba bose bakubitwa inshuro bakubiswe na M23.

                MCN.
Tags: AbasenyeriBasabye ubutegetsi bwa KinshasaGatolikaGuhana abafasha M23Kisangani
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, yagaragaje iki mubabaje muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara zurudaca.

Perezida Félix Tshisekedi, yagaragaje iki mubabaje muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara zurudaca.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?