• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 7, 2025
in Religion
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana, bigizwemo uruhare n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho n’uwa M23.

Ku cyumweru tariki ya 05/10/2025, ni bwo abayobozi baya matorero bicaranye baraganira barumvikana kubuhuza bwa MRDP -Twirwaneho na M23.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko icyicaro cyabereye ku Mutanoga ku Runundu, ahari ikanisa rya 8ème CEPAC.

Buri ruhande rwari rufitemo abakozi b’Imana baruhagarariye, ahanini baribagwiriyemo aba-Reverand, hari kandi n’abayobozi bo muri Twirwaneho na M23.

Ni mu gihe umugaba w’Ingabo z’uyu mutwe wa Twirwaneho ariwe wari wawuserukiye, Brig .Gen. Charles Sematama kimwe kandi na Col.Oscar Ndabagaza wari ku ruhande rwa M23.

Mu magambo yavuzwe n’abashumba bo muri 8ème CEPAC, bagaragaje ko bamaranye igihe kirekire inzandiko zo kubabarira 37ème CADEC ariko ko kubishyira mu ngiro byabagoraga.

Bavuga ko guhera uwo munsi bakuyeho urusika rwabatandukanyaga n’ababo.

Ati: “Inzandiko zo kubabarira 37ème CADEC, twari tuzimaranye igihe, ariko ntitwababariye. Uyu munsi dukuyeho icyo gisika.”

Reverend Binagana uyoboye district ya Minembwe muri 8ème CEPAC, yashimangiye ko ari we muyobozi wayo, bityo ko “ashingiye ku rwandiko rwa kominute yabo rubabarira n’ububasha yahawe ababariye itorero rya 37ème CADEC.”

Uwari uyoboye district ya 37ème CADEC mu Minembwe na we yasubiye mu by’uwabo yari arangije kuvuga, aranamushimira, ndetse kandi ashimira n’Imana yabahaye kugera kuri iyi ntambwe ikomeye.

Icyakurikiyeho impande zombi zashyize umukono ku nzandiko zo kubabarira, binategekwa ko zoherezwa ku makanisa atandukanye yaburi ruhande akorera mu misozi miremire y’i Mulenge, Minembwe, i Ndondo, Bibogobogo, Rurambo, Mikenke n’ahandi.

Hejuru y’ibyo, aba bashumba b’aya matorero barahoberanye, ubundi kandi batera n’indirimbo baranasenga.

Tubibutsa ko 37ème CADEC ubwo yavukaga mu 1980, yarivuye muri 8ème CEPAC. Mu kugenda hari ibikoresho byo mu rusengero batwaye muburyo bunyuranyije n’amategeko, birimo ibikoresho bikoreshwa mu kwegera “uruhimbi,” ndetse kandi bajana n’u bukungu bw’iri torero, nk’inka n’andi matungo mato.

Ibyo byatumye haba kunenana, no gucirana imanza, ni mu gihe CEPAC yakundaga kuvuga ko CADEC batazaja mu ijuru.

Tags: 37ème CADEC8ème CEPACMinembweTwirwanehoUrusika
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
Abayobozi ba AFC/M23 bavuze ku gihano cy’urupfu RDC yakatiye Joseph Kabila

AFC/M23 yakoreye igikorwa cyiza abatuye muri Nyiragongo na Rutshuru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?