Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuririmbyi ufite ama muko i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ari mu byishimo by’umurengera, nyuma yo kunguka ibindi bishya ku mbuga nkoranya mbaga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 20, 2024
in Religion
0
Umuririmbyi ufite ama muko i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ari mu byishimo by’umurengera, nyuma yo kunguka ibindi bishya ku mbuga nkoranya mbaga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuririmbyi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana no kuyiramya, Israel Mbonyi, yujuje miliyoni y’abamukurikira kuri Channel (Umuyoboro) ya YouTube.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni Israel Mbonyi, ufite ama muko i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, wagize agahigo akaba yujuje miliyoni y’abantu bakoze “subscribe” kuri Channel ye, ya YouTube.

Mbonyi Israel, akaba yitegura gukora ibitaramo bikomeye, mu Bihugu birindwi byo ku mu gabane w’Afrika.

Uy’u muhanzi yongeye kuzamuka nyuma y’uko asohoye indirimbo ziri no m’ururimi rw’igiswahili n’ikinyarwanda, harimo “nina Siri, umukunzi, ndu musirikare n’izindi.”

Israel Mbonyi abaye umuririmbyi ugira gatatu wo mu Rwanda w’u juje miliyoni 1, y’aba ‘subscrubers’ nyuma ya Chorali ‘Ambassaders of Christ, ifite miliyoni 1.3, iyi nayo yabanjirijwe na Meddy uyo boye uru rutonde, kuva mu mwaka w ‘ 2013. Indirimbo za Meddy zimaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni 256, mu myaka 11 ishize.

Israel Mbonyi, iy’i miliyoni y’abantu bamukurikira ya yujuje ku munsi w’ejo hashize tariki ya 19/03/2024.

Nyuma yabwo yatanze ubutumwa bwanditse ku mbuga akoresha za Fecebook na X, avuga ko “gusenga, gushyigikirwa n’Imana n’abakunzi, biri mu bituma ibi byose bishoboka. Kugeza abantu miliyoni 1.”

Yakomeje agira ati: “Ibi rero biratanga icyizere cyiyaguka ry’imbuga nkoranya mbaga zanjye n’umurimo w’Imana.”

Israel Mbonyi yatangiye gushiraho indirimbo ze kuri Channel ye, ya YouTube, kuva mu mwaka w ‘ 2012.

Tu bibutsa ko Channel ye, ya YouTube ibaruye ku gihugu cya Canada.

Ibihangano bye, bimaze kurebwa n’abantu barenga miliyoni 173, bivuze ko Meddy amurusha miliyoni 83.

Mu mezi make ari mbere, Mbonyi arerekeza mu gihugu cy’u Bubiligi, aho azaba agiye ku murika ‘Album’ ye yise “nk’u musirikare.”

          MCN.
Tags: Aba subscribersAri mu ByishimoChannelIsrael MbonyiMiliyoni 1YouTube
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Umugore wo mu Burusiya, yahanwe n’u rukiko, azira kwa ndika ku rupapuro rw’itora.

Umugore wo mu Burusiya, yahanwe n'u rukiko, azira kwa ndika ku rupapuro rw'itora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?